BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ferwafa yasinyanye amasezerano n’Ishyirahamwe ryo muri Maroc

Ferwafa yasinyanye amasezerano n’Ishyirahamwe ryo muri Maroc

admin
Last updated: August 10, 2022 2:34 pm
admin
Share
SHARE

Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, ryemeje ko ryasinyanye amasezeano n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Maroc.

Ferwafa na FRMF basinyanye amasezerano u Rwanda ruzungukiramo

Mu minsi ishize, perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Mugabo Olivier, yavuze ko u Rwanda rwasabye Maroc ubufatanye bwo guhugura abasifuzi ku bijyanye no gukoresha ikoranabuhanga ry’amashusho asigaye yifashishwa n’abasifuzi [VAR].

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, Ferwafa yemeje ko perezida wayo, Nizeyimana Mugabo Olivier, yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Maroc, FRMF.

Bati “Ejo hashize, perezida Nizeyimana Olivier, yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na perezida wa FRMF, Fouzi Lekja. Amasezerano azibanda ku bya tekinike n’mahugurwa ku miyoborere, imikoranire ku marerero no guteza imbere abato n’abagore.”

Bongeyeho bati “Gutegura imikino  ya ku makipe y’Ibihugu y’Ibi bihugu byombi, amahugurwa ku batoza n’abandi bashinzwe ibya tekinike no gutegura ibikorwa bya siporo bitandukanye.”

Ibi biraza byiyongera ku byo Nizeyimana Olivier yari aherutse kubwira itangazamakuru, ko Ferwafa yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Maroc ubufatanye bwo gufasha abasifuzi b’Abanyarwanda mu bijyanye n’amahugurwa.

Nizeyimana Olivier na Fouzi Lekja ubwo bari bamaze gusinya amasezerano

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?