BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo

Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo

admin
Last updated: July 24, 2022 8:20 am
admin
Share
SHARE

Muri Gashyantare uyu mwaka, nibwo aba bombi basezeranye imbere y’Imana mu idini ya Islam mu muhango wabereye muri Zambia ari naho batuye.

Mirafa na Rosalyn Dos-santos basezeranye imbere y’Imana mu idini ya Islam

Nyuma yo kwemeranya kubana nk’umugore n’umugabo biciye mu gusezerana imbere y’Imana [Nikkah], icyari gikurikiyeho ni ukubyereka abavandimwe n’inshuti.

Nk’uko bigaragara mu butumire Mirafa yashyize hanze, ubukwe bwe ba Rosalyn Dos-santos buri tariki 3 Nzeri uyu mwaka bukazabera muri Zambia aho aba bombi batuye.

Uyu mukinnyi ugiye kumara imyaka ine muri Zambia, ubu nta kipe afite nyuma yo gusoza amasezerano muri Kabwe Warriors, ndetse aherutse kuvuga ko aho yabona akazi hose yahakina n’iyo byaba kugaruka mu Rwanda.

Umugore wa Nizeyimana Mirafa afite uburanga bwamukuruye
Ubutumire bw’ubukwe bwa Mirafa na Rosalyn Dos-santos
Muri Werurwe baherekejwe n’inshuti n’abavandimwe ubwo bajyaga gufunga Nikkah
Rosalyn Dos-santos ni umunya-Portugal wibehebeye Mirafa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Pingback: Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo - Hano News
  • gahigi says:
    July 24, 2022 at 11:30 am

    MIRAFA afite undi mukobwa witwa Nema babyaranye abana 2 uba ku Gisenyi.Bamaranye imyaka irenga 5 babana nk’umugore n’umugabo.Nubwo byitwa ngo “yasezeranye imbere y’imana”,ntabwo Imana ikunda abahemu.Ikindi kandi,nkuko bible ivuga,ntabwo Imana iba mu nzu zubatswe n’abantu.Zaba Kiliziya cyangwa Imisigiti.Guhemukira umuntu mwabyaranye ukamuta waramwangije akiri inkumi,ni ubugome bukabije.Ubusambanyi buzabuza abantu millions na millions kubona ubuzima bw’iteka muli paradizo.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?