BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Zidane ni izina rinini! Noël Le Graët yegujwe

Zidane ni izina rinini! Noël Le Graët yegujwe

admin
Last updated: January 11, 2023 4:57 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma y’amagambo arimo agasusuguzo yavuze kuri Zinedine Zidane, uwari umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Bufaransa [FFF], Noël Le Graët yegujwe kuri uyu mwanya.

Noël Le Graët ntakiri umuyobozi wa FFF

Kweguzwa kwa Noël Le Graët byabereye mu nama idasanzwe yahuje Komite Nyobozi ya FFF kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Mutarama 2023.

Ibi byaje nyuma y’amagambo arimo kwihenura, Noël Le Graët yari aherutse kuvuga kuri Zidane ubwo yari abajijwe icyo atekerezwaho nyuma yo kongerera amasezerano Didier Deschamps.

Noël Le Graët  ubwo yari abajijwe kuri Zinedine Zidane, yasubije ko ari umutoza usanzwe utaragira izina rinini yubaka kandi ko ni yo yajya gutoza ikipe y’igihugu ya Brésil nta kibazo abibonamo kuko yemerewe kujya aho ashaka.

Icyo gihe uyu muyobozi yanavuze ko Zidane batigeze banavugana kuri telefone igendanwa, ariko ko ni yo amuhamagara atari kumwitaba.

Nyuma yo kweguzwa, Visi perezida wa FFF, Philippe Diallo yasigaranye inshingano zo kuyobora iri shyirahamwe by’ateganyo.

Uretse Noël, na Florence Hardouin wari Umuyobozi  mukuru muri FFF, yahise ahagarikwa kuri izi nshingano.

Noël Le Graët yazize amagambo yavuze kuri Zinedine Zidane

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?