BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Youvia WFC yabonye Staff nshya y’abantu barindwi

Youvia WFC yabonye Staff nshya y’abantu barindwi

admin
Last updated: January 12, 2023 12:37 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya Youvia Women Football Club, bwatangaje ko ikipe yabonye umutoza mushya n’abandi batandatu bazafatanya.

Itsinda ry’abatoza bashya ba Youvia WFC

Mu masaha make ashize ni bwo Ishimwe Patrick watozaga Youvia WFC, yeguye ku nshingazo zo gutoza iyi kipe.

Ubuyobozi ntabwo bwatinze kumusimbuza, kuko bwahise butangaza ko Nteziryayo Patrick ari we mutoza mukuru w’iyi kipe, akazungirizwa na Niyonkuru Sandrine na Gatoya Kizito uzaba ari umutoza w’abanyezamu.

Abandi bari muri iri tsinda, ni Baraka Hussein Kipozi uzaba ari umuyobozi wa Tekinike, Uwintije Bénitha uzaba ashinzwe ubuzima bw’ikipe bwa buri munsi,  Uwizeyimana Clèmentine uzaba ashinzwe ibikorwa by’ikipe na Ishimwe Immaculée uzaba ari mu itsinda ry’abaganga.

Aba bose bahise batangira akazi nyuma yo kumara kwemeranya n’ubuyobozi bwa Youvia WFC.

Nteziryayo Patrick niwe mutoza mukuru wa Youvia WFC
Baraka Hussein yagizwe Umuyobozi wa Tekinike muri Youvia WFC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?