BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Yanga yasinye amasezerano afite agaciro karenga miliyari 10

Yanga yasinye amasezerano afite agaciro karenga miliyari 10

admin
Last updated: July 27, 2022 4:32 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona idatsinzwe umukino n’umwe, ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania, ikomeje guhirwa na buri kimwe iri gukora.

Yanga Africans yanahawe akayabo na SportPesa ko kuba yaregukanye igikombe cya shampiyona

Icyari kigezweho muri iyi kipe, ni ugusinyana amasezerano y’ubufatanye na SportPesa isanzwe izwiho ibijyanye n’imikino y’amahirwe [Betting].

Aya masezerano azamara imyaka itatu, afite agaciro ka miliyari 12 na miliyoni 335 z’amashilingi ya Tanzania [Agera muri miliyari 5 Frw].

Ku ruhande rwa Yanga Africans, yari ihagarariwe n’umuyobozi wayo, Eng Hersi Said, mu gihe SportPesa yari ihagarariwe na Tarimba Abbas.

Buri ruhande rubinyuijije ku mbuga nkoranyambaga zarwo, rwemeje ko aya masezerano yamaze yamaze gushyirwaho umukono kandi rwanyuzwe.

Iyi Komanyi kandi, yahaye iyi kipe yose angina na miliyoni 100 z’amashilingi ya Tanzania nk’igihembo cy’uko ikipe yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2021/2022.

Buri ruhande rwanyuzwe n’ibikubiye mu masezerano
Amasezerano afite agaciro ka miliyari 12 na miliyoni 335 z’amashilingi ya Tanzania
Amasezerano azamara imyaka itatu

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?