BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Yanga SC yirukanye uwari umutoza wayo

Yanga SC yirukanye uwari umutoza wayo

admin
Last updated: October 25, 2022 2:13 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya Yanga SC, bubicishije mu itangazo bwageneye abakunzi b’iyi kipe n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange, bwatangaje ko bwamaze gutandukana na Nasreddine Nabi wari umutoza mukuru w’iyi kipe.

Nasreddine Nabi ntakiri umutoza wa Yanga SC

Ni nyuma yo kutabasha kugeza iyi kipe mu matsinda y’amakipe ahuza ikipe zabaye iza Mbere iwazo ku mugabane wa Afurika (CAF Champions League).

Ubuyobozi bw’iyi kipe ikunzwe na benshi muri Tanzania, bwavuze ko bushimira Nasreddine ku kazi gakomeye yakoreye ikipe.

Uyu Munya-Tunisia w’imyaka 56, yari yahesheje Yanga SC igikombe cya shampiyona cy’umwaka ushize (2021/2022).Iyi kipe yasezerewe na Club Africain yo muri CAF Champions League.

Umutoza wungirije, Kaze Cédric, niwe usigarana inshingano zo gutoza ikipe mu buryo bw’agateganyo.

Kaze Cédric arasigarana ikipe by’agateganyo
Nasreddine yari inshuti y’abakinnyi cyane

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Coach says:
    October 25, 2022 at 7:47 pm

    Mwiriwe neza??Admin njye ndagusaba guhindura inkuru yawe kuko nta source ni imwe itwereka ko ibyo utubwira Ari ukuri ;; bafite Yanga App ;; bakagira Facebook ;; Instagram hose ntaho byanditse .Murakoze kdi ugire Amazon.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?