BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Yanga SC yirukanye uwari umutoza wayo

Yanga SC yirukanye uwari umutoza wayo

admin
Last updated: October 25, 2022 2:13 pm
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya Yanga SC, bubicishije mu itangazo bwageneye abakunzi b’iyi kipe n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange, bwatangaje ko bwamaze gutandukana na Nasreddine Nabi wari umutoza mukuru w’iyi kipe.

Nasreddine Nabi ntakiri umutoza wa Yanga SC

Ni nyuma yo kutabasha kugeza iyi kipe mu matsinda y’amakipe ahuza ikipe zabaye iza Mbere iwazo ku mugabane wa Afurika (CAF Champions League).

Ubuyobozi bw’iyi kipe ikunzwe na benshi muri Tanzania, bwavuze ko bushimira Nasreddine ku kazi gakomeye yakoreye ikipe.

Uyu Munya-Tunisia w’imyaka 56, yari yahesheje Yanga SC igikombe cya shampiyona cy’umwaka ushize (2021/2022).Iyi kipe yasezerewe na Club Africain yo muri CAF Champions League.

Umutoza wungirije, Kaze Cédric, niwe usigarana inshingano zo gutoza ikipe mu buryo bw’agateganyo.

Kaze Cédric arasigarana ikipe by’agateganyo
Nasreddine yari inshuti y’abakinnyi cyane

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Coach says:
    October 25, 2022 at 7:47 pm

    Mwiriwe neza??Admin njye ndagusaba guhindura inkuru yawe kuko nta source ni imwe itwereka ko ibyo utubwira Ari ukuri ;; bafite Yanga App ;; bakagira Facebook ;; Instagram hose ntaho byanditse .Murakoze kdi ugire Amazon.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?