BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > William Ruto yemejwe bidasubirwaho nka Perezida mushya wa Kenya

William Ruto yemejwe bidasubirwaho nka Perezida mushya wa Kenya

admin
Last updated: September 5, 2022 1:00 pm
admin
Share
SHARE

Icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga, kivuga ko bidasubirwaho William Ruto ari we watorewe kuyobora Kenya.

Dr William Samoei Ruto, Perezida watorewe kuyobora Kenya

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Martha Karambu Koome, yavuze ko Ruto wahagarariye ihuriro Azimio la Umoja ari we watsinze amatora yabaye tariki ya 9 Kanama 2022.

Tariki ya 15 Kanama 2022, Umuyobozi Mukuru wa komisiyo y’amatora yigenga (IEBC), Wafula Chebukati, yatangaje ko Ruto yatsinze amatora n’amajwi 50.49%, naho Raila Odinga agira amajwi 48.85%.

Raila Odinga yavuze ko yibwe amajwi, yemeza ko ari we watsinze amatora, ndetse atanga ikirego.

Urukiko rwatesheje agaciro icyo kirego cye.

BBC ivuga ko mu cyumweru gitaha hazaba umuhango wo kurahiza William Ruto nka Perezida mushya wa Kenya.

William Ruto yanditse kuri Twitter ijambo riri muri Bibiliya [Mark 10:27] rigira riti “Ku bantu ntabwo bishoboka, ariko ku Mana, ku bw’Imana ibintu byose birashoboka.”

Wiliam Ruto yatsinze amatora yo kuyobora Kenya

 

UMUSEKE.RW 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • IBYISI NZABANDORA says:
    September 7, 2022 at 1:00 pm

    Iyi nkuru irashimishije. Amahirwe masa kuri Ruto. Abanyakenya berekanye ko ibyifuzo byabo bidakwiye gupfikiranwa n’ubushake bwa Kenyata ku bw’inyungu ze bwite. Yari yahemukiye umuntu bafatanyije urugendo rukomeye kandi wamufashije. Ruto agaragara nk’utuje kandi wababarira ukurikije amagambo yavuze n’uburyo yitwaye muri iki kibazo. Amatora yabayemo imvururu yamuhaye isomo azababarire na Kenyata wari wamugambaniye babane neza Imana yerekanye ubushobozi bwayo! Odinga niyihangane kandi ntazateze akavuyo. Imana buriya ntiyamugeneye iriya ntebe!

    Reply

Leave a Reply to IBYISI NZABANDORA Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Mu mahanga

Muyaya yise intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC akantu gato ku gihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Ethiopia: Ikirunga cyarutse nyuma y’imyaka ibihumbi 12 gisinziriye 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?