BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > William Ruto yemejwe bidasubirwaho nka Perezida mushya wa Kenya

William Ruto yemejwe bidasubirwaho nka Perezida mushya wa Kenya

admin
Last updated: September 5, 2022 1:00 pm
admin
Share
SHARE

Icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga, kivuga ko bidasubirwaho William Ruto ari we watorewe kuyobora Kenya.

Dr William Samoei Ruto, Perezida watorewe kuyobora Kenya

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Martha Karambu Koome, yavuze ko Ruto wahagarariye ihuriro Azimio la Umoja ari we watsinze amatora yabaye tariki ya 9 Kanama 2022.

Tariki ya 15 Kanama 2022, Umuyobozi Mukuru wa komisiyo y’amatora yigenga (IEBC), Wafula Chebukati, yatangaje ko Ruto yatsinze amatora n’amajwi 50.49%, naho Raila Odinga agira amajwi 48.85%.

Raila Odinga yavuze ko yibwe amajwi, yemeza ko ari we watsinze amatora, ndetse atanga ikirego.

Urukiko rwatesheje agaciro icyo kirego cye.

BBC ivuga ko mu cyumweru gitaha hazaba umuhango wo kurahiza William Ruto nka Perezida mushya wa Kenya.

William Ruto yanditse kuri Twitter ijambo riri muri Bibiliya [Mark 10:27] rigira riti “Ku bantu ntabwo bishoboka, ariko ku Mana, ku bw’Imana ibintu byose birashoboka.”

Wiliam Ruto yatsinze amatora yo kuyobora Kenya

 

UMUSEKE.RW 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • IBYISI NZABANDORA says:
    September 7, 2022 at 1:00 pm

    Iyi nkuru irashimishije. Amahirwe masa kuri Ruto. Abanyakenya berekanye ko ibyifuzo byabo bidakwiye gupfikiranwa n’ubushake bwa Kenyata ku bw’inyungu ze bwite. Yari yahemukiye umuntu bafatanyije urugendo rukomeye kandi wamufashije. Ruto agaragara nk’utuje kandi wababarira ukurikije amagambo yavuze n’uburyo yitwaye muri iki kibazo. Amatora yabayemo imvururu yamuhaye isomo azababarire na Kenyata wari wamugambaniye babane neza Imana yerekanye ubushobozi bwayo! Odinga niyihangane kandi ntazateze akavuyo. Imana buriya ntiyamugeneye iriya ntebe!

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
Mu mahanga

Papa Leo XIV yakiriye Perezida Ramaphosa i Vatican mu gihe Afurika y’Epfo na Amerika bitavuga rumwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?