BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Virus ya Ebola yugarije Uganda yarihinduranyije

Virus ya Ebola yugarije Uganda yarihinduranyije

admin
Last updated: October 7, 2022 9:09 am
admin
Share
SHARE

Abashakashatsi bavuze ko virus ya Ebola irimo kwica abantu muri Uganda yihinduranyije.

Uwarwaye Ebola yitabwaho mu buryo bwihariye nta muntu umukozaho intoki na we ahita yandura

Prof Pontiano Kaleebu wo mu kigo gishinzwe gukora ubushakashatsi kuri virus (Uganda Virus Research Institute) avuga ko nubwo bimeze kuriya nta bimenyetso bihari ko Ebola nshya yandura cyane kurusha iyo yakomotseho.

BBC ivuga ko impagararizi (samples) zafashwe ku bantu bamaze kumenyakana ko banduye muri iki gihe hari icyorezo gishya zizajyanwa gupimishwa kugira ngo hamenyekane inkomoko nyayo ya Ebola imaze kuvugwa mu turere dutanu muri Uganda.

Kugeza ubu abantu 44 batahuweho Ebola muri bo 10 yarabahitanye.

Abashakashatsi bareba inkomoko ya Ebola nshya bavuga ko ibiyigize bisa n’ibya Ebola iyigeze kwaduka mu myaka 10 ishize muri kariya gace.

Icyo gihe umuntu umwe yaramuhitanye.

Ubushakashatsi bwakorewe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bugaragaza ko icyorezo cya Ebola gishobora kwaduka nyuma y’imyaka nibura ibiri, icya mbere cyari cyarangiye.

Abahanga bavuga ko bishoboka ko icyorezo gishya cya Ebola cyaturutse ku nyamaswa yanduje umuntu.

Barasiganwa n’igihe ngo bashakishe umuntu wa mbere wanduye iyi virus nshya, ndetse n’abantu ba mbere yahuye na bo.

Ibyo ngo byafasha cyane abashakashatsi kumenya neza uburyo icyorezo cyatangiye.

IVOMO: BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
Mu mahanga

Papa Leo XIV yakiriye Perezida Ramaphosa i Vatican mu gihe Afurika y’Epfo na Amerika bitavuga rumwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?