BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uwasimbuye Osama Bin Laden yishwe arashwe na Amerika

Uwasimbuye Osama Bin Laden yishwe arashwe na Amerika

admin
Last updated: August 2, 2022 11:27 am
admin
Share
SHARE

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zishe umukuru wa al-Qaeda, Ayman al-Zawahiri, mu gitero cy’indege itagira umupilote (drone), nkuko byemejwe na Perezida Joe Biden.

Umukuru wa al-Qaeda, Ayman al-Zawahiri yishwe arashwe na Amerika

Yishwe ku cyumweru mu gitero cyo kurwanya iterabwoba cyakozwe n’ikigo cy’Amerika cy’ubutasi bwo mu mahanga (CIA), mu murwa mukuru Kabul wa Afghanistan.

Biden yavuze ko Zawahiri yari “yaracuze urukurikirane rw’ubwicanyi n’urugomo ku baturage b’Amerika”.

Yongeyeho ati “Ubu ubutabera buratanzwe kandi uyu mukuru w’abakora iterabwoba ntakiriho”.

Abategetsi bavuze ko Zawahiri yari ari ku rubaraza rw’inzu y’ahantu hihishe (safe house) ubwo drone yamurasagaho ibisasu bibiri bya misile.

Bongeyeho ko abandi bo mu muryango we bahari, ariko ko nta cyo babaye, ko ari Zawahiri wenyine wishwe.

Biden yavuze ko yatanze uruhushya rwa nyuma rwo kugaba icyo “gitero kidahusha” kuri uwo mukuru wa al-Qaeda, wari ufite imyaka 71, nyuma y’amezi yari ashize icyo gitero gitegurwa.

Zawahiri yafashe ubuyobozi bwa al-Qaeda nyuma y’iyicwa n’Amerika rya Osama bin Laden mu mwaka wa 2011.

We na Osama bin Laden bacuriye hamwe umugambi w’ibitero kuri Amerika byo ku itariki ya 11 y’ukwezi kwa cyenda mu 2001, ndetse yari umwe mu “bakora iterabwoba bashakishwa cyane” n’Amerika.

IVOMO: BBC

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • I9j999jk7j989j99kj9j99jk9kjj9kkk7k9jk9iik9i9k9kkk8k9ki9kk98mkkjj6ijkk9ji0iikkik9j9k9kk9iki9i9j9i9jjj9j9u9j9j9f says:
    August 4, 2022 at 5:46 am

    Oo3Oo3onosi00n00s0n9nnn99h9h9h9h99999999f99b9bc99f99f9n9.natOo3Oo3onvs9jjw99jjwwwj6we9kke5962j26j236jej2w9j2j9whtjjtmwmm2tmjjwjjk5ui88iii496
    I9j9

    Reply
  • I9j999jk7j989j99kj9j99jk9kjj9kkk7k9jk9iik9i9k9kkk8k9ki9kk98mkkjj6ijkk9ji0iikkik9j9k9kk9iki9i9j9i9jjj9j9u9j9j9f says:
    August 4, 2022 at 5:46 am

    Oo3Oo3onosi00n00s0n9nnn99h9h9h9h99999999f99b9bc99f99f9n9.natOo3Oo3onvs9jjw99jjwwwj6we9kke5962j26j236jej2w9j2j9whtjjtmwmm2tmjjwjjk5ui88iii496
    I9j9

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida Samia Suluhu yijeje Museveni umusanzu mu biganiro byo kugarura amahoro mu karere

2 Min Read
Mu mahanga

Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se

2 Min Read
Mu mahanga

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Umuhungu wa Muammar Gaddafi yitabye Imana, hakekwa kuraswa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?