BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

sam
Last updated: May 19, 2025 6:47 am
sam
Share
SHARE

Joe Biden wahoze ari Perezida wa Amerika , abaganga bamusanzemo Kanseri ya Prostate bikaba biteye impungenge kuko bamubwiye ko iyi ndwara yaba yamaze no kugera mu magufa.

Byatangajwe n’ibiro bya Biden bivuga ko aherutse gusuzumwa nyuma yo kubona ibimenyetso by’indwara byiyongera ku wa gatanu, tariki ya 16 Gicurasi 2025, abaganga bagasanga imaze kumurenga.

Abaganga be bavuga ko nubwo isuzuma ryerekana uburyo iyi ndwara imaze kuba myinshi mu buryo bukabije, ko hakiri amahirwe y’uko yavurwa .

Joe Biden yabaye Perezida wa 46 wa Amerika kuva ku ya 20 Mutarama 2021, kugeza ku ya 20 Mutarama 2025.

Yahisemo kutazongera gushaka guhatana mu matora ya perezida , avuga ko yifuza guha inkoni ubuyobozi bushya. Muri icyo gihe, Biden, yagaragazaga ko afite intege nke z’ubusaza nyuma y’imyaka irenga mirongo itanu mu mirimo ya Leta.

Biden yasimbuwe na perezida Trump wakomeje kumvika ashinja ubuyobozi by’uwo yasimbuye intege  nke zatumye Amerika igira ihungabana ry’ubukungu kubera kuyishora mu ntambara z’amahanga ndetse no guha icyuho abimukira bajya muri iki gihugu mu buryo butemewe.

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
Amerika

“Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari” – Amerika

2 Min Read
Amerika

Amerika yasabye Sudan y’epfo gufungura Riek Machar

1 Min Read
Amerika

Uburusiya na Ukraine bemeranyije ku gahenge ko mu nyanja y’umukara

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?