BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Nov 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

admin
Last updated: November 10, 2025 1:03 pm
admin
Share
SHARE

Mu mujyi wa Uvira wumvikanyemo amasasu yateyw abaturage ubwoba bwinshi mu duce twa Kavimvira na Rugenge muri Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ibi byabaye ahagana mu ma saa sita z’amanywa kuri iki Cyumweru gishize, itariki 9 Ugushyingo.

Amakuru dukensha Kivu Morning post avuga ko ari urusaku rw’amasasu rumvikanye ubwo abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kugenzura imyitwarire (PM) wa FARDC barasaga mugenzi wabo wari ufite grenade ashaka kuyitera umukuriye.

Muri icyo gikorwa nibwo umusirikare yarashwe ahitanwa n’ibikomerere mu kanya gato .

Ibi byabereye kuri avenue du projet mu gace ka Kavimvira. Ku ruhande rw’igisirikare, nta tangazo risobanura icyabaye ryigeze rishyirwa ahagaragara.

Hashize amezi menshi Umujyi wa Uvira, umurwa mukuru w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, wugarijwe n’ibikorwa bihungabanya umutekano.

Bivugwa ko usanga amasasu yumvikana bya hato na hato hafi buri munsi mu duce two mu majyaruguru y’umujyi nka Rugenge na Kavimvira.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuziranenge na nyiri Uruganda rw’inzoga batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugenzuzi mu Kigo…

Indege yarimo abarimo Minisitiri muri Congo yakoze impanuka

Indege yarimo intumwa ziyobowe na Minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri DRC wari…

Perezida Tshisekedi wa DRCongo na Ndayishimiye w’u Burundi binjiye mu bundi bufatanye nyuma y’ibya gisirikare

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yakiriye mugenzi we…

Musanze: Polisi yafunze uwengaga umutobe wiswe ‘Ndakubiwe’, imena litiro 80 zawo

Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge…

Ruhango: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho ubujura bw’insinga z’amashanyarazi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango ku bufatanye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

1 Min Read
Iyobokamana

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

1 Min Read
Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?