BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > USA yabaye ihagaritse inkunga ya gisirikare yageneraga Ukraine

USA yabaye ihagaritse inkunga ya gisirikare yageneraga Ukraine

sam
Last updated: March 4, 2025 6:52 am
sam
Share
SHARE

Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko zitagikomeje guha inkunga ya gisirikare Ukraine yo kwirwanaho mu rugamba imazemo imyaka irenga itatu ihanganyemo n’Uburusiya.

Ibi byemejwe n’umuyobozi umwe muri White House ubwo yaganiraga na CBS News avuga ko biri mu rwego rwo kugenzura niba iyi nkunga ikwiriye .

Yagize ati” tubaye tuyihagaritse kandi dusuzuma inkunga zacu kugira ngo tumenye ko igira uruhare mu gukemura ibi bibazo.”

Amerika niyo nkingi  ikomeye y’imfashanyo za gisirikare zoherezwa muri Ukraine, harimo intwaro, ibikoresho ndetse n’inkunga y’amafaranga, kuva Uburusiya bwagaba igitero simusiga kuri iki gihugu mu myaka itatu ishize .

Ibi bije nyuma y’amasaha make Trump anenze Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, avuga ko adafite ubushake bwo kurangiza intambara ahanganyemo  n’Uburusiya .

Hagati ahokandi , Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Keir Starmer yatangaje ibikubiye mu ngingo enye zo gukorana na Ukraine mu rwego rwo guhagarika intambara no kurinda iki gihugu ibitero by’Uburusiya.

Abayobozi b’ibihugu by’i Burayi bagaragaje ko  badashobora kugira icyo bakora mu gukemura iyi ntambara no kugarura amahoro muri Ukraine ntabufasha bw’Amerika bafite buhagije .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Biden yasanzwemo kanseri ya prostate

1 Min Read
Amerika

Cardinal Robert Prevost yatorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi.

2 Min Read
Amerika

“Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari” – Amerika

2 Min Read
Amerika

Amerika yasabye Sudan y’epfo gufungura Riek Machar

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?