BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Umwungeri Patrick yatangiye kwigira ubutoza

Umwungeri Patrick yatangiye kwigira ubutoza

admin
Last updated: July 29, 2022 12:29 am
admin
Share
SHARE

Bamwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda batangiye kuva mu byo gukina bakagana inzira y’ubutoza.

Umwungeri Patrick [wa Kabiri mu bahagaze uva iburyo] yahisemo kujya gutangira kwiga gutoza
Undi wahisemo kujya gutangira gutoza, ni Umwungeri Patrick wahoze ari myugariro wo hagati mu makipe atandukanye.

Uyu musore utaruzuza imyaka 30, yatangiye gufashwa na Casa Mbungo André utoza AS Kigali FC. Bivuze ko uyu musore ashobora kuzaba ari umutoza wa Gatatu muri iyi kipe y’Umujyi wa Kigali.

Umwungeri yazamukiye mu Irerero rya Asec yo ku Kicukiro, akinira amakipe atandukanye arimo Bugesera FC, Police FC, Mukura VS na AS Kigali. Uyu musore kandi yigeze guhabwa mu makipe y’Igihugu y’Ingimbi [Under Ages].

Patrick yiyongereye ku bandi bahagaritse gukina bakiri bato, barimo Bonane Janvier, Mucyo Fred uzwi nka Januzaj n’abandi.

Umwungeri yigeze kuba kapiteni wa Police FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?