BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II yatanze

Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II yatanze

admin
Last updated: September 8, 2022 7:55 pm
admin
Share
SHARE

Umwamikazi Elizabeth II, wari umaze igihe kinini ku ntebe y’Ubwami, yatangiye i Balmoral afite imyaka 96, yari amaze ku ngoma imyaka 70.

Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II yatanze

Umuryango we uteraniye i Balmoral muri Scotland nyuma y’uko kuri uyu wa kane, abaganga bari batangaje impungenge ku buzima bwe.

Ingoro ya Buckingham yagize ati “Umwamikazi yatanze mu mahoro i Balmoral kuri iki gicamunsi.”

Umwamikazi yimye ingoma mu 1952, niwe wari umaze igihe kirekire ku ntebe y’Ubwami bw’Ubwongereza.

Umuhungu we w’imfura Charles, igikomangoma cya Wales, azayobora igihugu mu cyunamo nk’umwami mushya akaba n’umukuru w’igihugu mu bihugu bigize Commonwealth.

Ku mugoroba w’ejo ku wa gatanu nibwo Umwami mushya Charles n’umugogo wa Queen Elizabeth II bazagera i Londres.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
6 Comments
  • ntwari j bosco says:
    September 8, 2022 at 8:52 pm

    Birababaje kbx

    Reply
  • ntwari j bosco says:
    September 8, 2022 at 8:52 pm

    Birababaje kbx

    Reply
  • barame says:
    September 9, 2022 at 1:07 pm

    Queen Elisabeth ababaje isi yose.Yarongowe afite imyaka 21 !!! Niyigendere.Natwe ejo tuzamukurikira.Aho agiye mu gitaka,natwe tuzamusangayo.Ariko tujye twizera ko abantu bapfa bizeraga Imana,nukuvuga bayishaka bashyizeho umwete,batiberaga gusa mu gushaka iby’isi,izabazura ku munsi wa nyuma ikabaha ubuzima bw’iteka nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Roho “idapfa kandi itekereza” yahimbwe n’umugereki witwaga Platon utaremeraga Imana abakristu dusenga.Umubwiriza 9,umurongo wa 5 havuga ko upfuye atongera gutekereza.Nta kindi gice cy’umubiri gitekereza uretse ubwonko bubora iyo dupfuye.

    Reply
  • barame says:
    September 9, 2022 at 1:07 pm

    Queen Elisabeth ababaje isi yose.Yarongowe afite imyaka 21 !!! Niyigendere.Natwe ejo tuzamukurikira.Aho agiye mu gitaka,natwe tuzamusangayo.Ariko tujye twizera ko abantu bapfa bizeraga Imana,nukuvuga bayishaka bashyizeho umwete,batiberaga gusa mu gushaka iby’isi,izabazura ku munsi wa nyuma ikabaha ubuzima bw’iteka nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Roho “idapfa kandi itekereza” yahimbwe n’umugereki witwaga Platon utaremeraga Imana abakristu dusenga.Umubwiriza 9,umurongo wa 5 havuga ko upfuye atongera gutekereza.Nta kindi gice cy’umubiri gitekereza uretse ubwonko bubora iyo dupfuye.

    Reply
  • ABDU says:
    September 9, 2022 at 2:13 pm

    TUBABAJWE NITANGA RYUMWAMIKAZI

    Reply
  • ABDU says:
    September 9, 2022 at 2:13 pm

    TUBABAJWE NITANGA RYUMWAMIKAZI

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?