BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 19, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Umutoza wa APR yavuze imyato Ishimwe Anicet

Umutoza wa APR yavuze imyato Ishimwe Anicet

admin
Last updated: December 22, 2022 10:59 am
admin
Share
SHARE

Umutoza mukuru w’agateganyo wa APR FC, Ben Moussa, ahamya ko Ishimwe Anicet ari umukinnyi udasanzwe bitewe n’impano yo gukina umupira w’amaguru afite.

Umutoza Ben Moussa ahamya ko Ishimwe Anicet afite impano idasanzwe

Ubusanzwe ikipe ya APR FC yafashe umurongo wo gukinisha abakinnyi b’Abanyarwanda, mu rwego rwo kugaragaza ko bashoboye ariko harimo no kubateza imbere.

Ni muri urwo rwego, iyi kipe ikomeje guha amahirwe abakinnyi bato b’Abanyarwanda.

Umwe mu beza APR FC ifite, ni Ishimwe Anicet ukina hagati mu kibuga ariko ashyira impira ba rutahizamu ngo bashake ibitego.

Aganira n’itangazamakuru, Ben Moussa utoza iyi kipe y’Ingabo, yavuze ko u Rwanda rufite impano zidasanzwe zirimo n’iya Ishimwe Anicet.

Ati “Anicet afite byinshi. Ni Umunyarwanda w’umunya-Brésil. Yahinduye byinshi ubwo yinjiraga [ku mukino wa Rayon]. Ni umukinnyi mwiza w’ejo hazaza. Agomba gukomeza gukora kuko bizamufasha.

Anicet asanzwe ari umukinnyi usimbura muri APR FC. Akinishwa ahitwa ku icumi [10] ariko we avuga ko umwanya yisanzuraho ari hagati mu kibuga ahazwi nko ku umunani [8].

Ishimwe Anicet ari mu beza ba APR FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

Umugore wo mu Karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwica umugabo we w’imyaka…

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo…

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa…

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe…

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

2 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?