BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Umusirikare wa Uganda yarashe bagenzi be

Umusirikare wa Uganda yarashe bagenzi be

admin
Last updated: January 3, 2023 8:12 pm
admin
Share
SHARE

Hatangiye iperereza ku cyateye umusirikare wa Uganda uri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia (African Union Transition Mission in Somalia, Atmis) kurasa bagenzi be batatu akabahitana.

Umusirikare wa Uganda (Internet photo)

Iki gikorwa cyabaye ku wa Mbere cy’iki Cyumweru mu gitondo, i Mogadishu.

Umusirikare wa Uganda yarashe bagenzi be bari ku cyicaro cy’ingabo zabo.

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Felix Kulaigye, yemereye BBC ko kiriya gikorwa cyabayeho, ndetse avuga ko uwo musirikare warashe bagenzi be yafashwe.

Felix Kulaigye yavuze ko uriya musirikare yafashwe n’umujinya ahita arasa mugenzi we mu gatuza.

Abasirikare ngo babanje gukeka ko batewe, nibwo undi musirikare wagiye kureba ibibaye, uyu yahise amurasa amasasu atatu mu mutwe.

Undi musirikare yarashwe mu mugongo agerageza guhunga.

Kurasa byaje guhoshwa n’uko hari umusirikare waturutse inyuma uriya warasaga amwambura imbunda.

Nibwo bwa mbere abasirikare ba Uganda barasanye mu gihe kirekire bamaze muri Somalia.

Mu mwaka wa 2019 ariko hari umusirikare ufite ipeti rya Captain mu ngabo za Uganda, warashe mugenzi we, na we ahita yirasa.

BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?