BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umuramyi Israel Mbonyi wagiye muri Australie yagize ibyago

Umuramyi Israel Mbonyi wagiye muri Australie yagize ibyago

admin
Last updated: January 12, 2023 10:06 am
admin
Share
SHARE

Umuhanzi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi wagiye gukorera ibitaramo muri Australie yapfushije Sogokuru we wari urwaye.

Bigaragara ko aha yari yamusuye ari mu Bitaro

Uyu muhanzi ukunzwe cyane mu bakora umuziki wa Gospel yatangaje ko yagize ibyago byo kubura Sogokuru we.

Ibi yabinyujije ku rukuta rwa Instagram ashyiraho ifoto arikumwe n’uyu musaza n’ubundi byagaragara ko iyo foto yafashwe yagiye kumusura mu bitaro dore ko yararimo no kumucurangira na Guitar.

Iyo foto yaherekejwe n’amagambo yo kumusabira kuzaruhukira mu mahoro.

Nubwo byagaragaraga ku ifoto ko uyu musaza yari amaze iminsi arwaye ntabwo twabashije kumenya indwara yazize.

Mbonyi na Sogokuru we witabye Imana
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Eygene says:
    January 12, 2023 at 2:30 pm

    Bavuga:-Sekuru

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100

2 Min Read
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse ubuheta

1 Min Read
Imyidagaduro

Rufonsina aritegura kwibaruka ubuheta

1 Min Read
Imyidagaduro

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?