BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Umunyamakuru Niyibizi Aimé aratabaza kubera guterwa amabuye n’abo atazi

Umunyamakuru Niyibizi Aimé aratabaza kubera guterwa amabuye n’abo atazi

admin
Last updated: January 1, 2023 8:38 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo kumara iminsi aterwa amabuye ku nzu n’abo ataramenya, Niyibizi Aimé ukorera Radio Fine FM mu kiganiro cy’imikino [Urukiko rw’Ubujurire rw’Imikino], aratabaza inzego z’umutekano.

Urugo rwa Niyibizi Aimé rumaze ibyumweru bibiri ruterwa amabuye

Ibi uyu munyamakuru yabitangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yavuze ko hari abantu ataramenya bamaze iminsi batera amabuye ku nzu atuyemo.

Uyu Munyamakuru utuye mu Murenge wa Kicukiro, Akagari ka Ngoma, mu Mudugudu w’Urugero, avuga ko bimaze iminsi ariko ko atewe impungenge n’ibi biri gukorerwa umuryango we.

Ati “Hagati aho abasenga munsengere abantu ntazi bamaze ibyumweru 2 batera amabuye ku nzu mbamo. Nabanje kugira ngo ni urugomo rw’abana ariko birakabije! Inzego z’Umutekano mu mudugudu zarashakishije ariko birushaho kuba bibi! Aya mubona ni ayo bateye umunsi umwe ari ku muryango!”

Nyuma yo gucisha ubu butumwa ku rukuta rwe rwa Twitter, Polisi y’u Rwanda yahise imusaba nimero ye ya telefone igendanwa ngo ikurikirane iki kibazo.

Niyibizi mbere yo kuza kuri Fine FM, yaciye kuri Radio y’Abaturage y’i Rusizi, aca kuri RadioTV1 ariko ahitamo gusubira muri Fine FM.

Niyibizi yatabaje inzego z’umutekano kubera ubugizi bwa nabi bukomeje kumukorerwa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
6 Comments
  • lg says:
    January 1, 2023 at 8:44 pm

    Umuntu ujijutse ubundi yagombye kuba yarabibwiye Polisi mbere yo kubitangaza ubu bitumye kuzababona bidashoshoboka cyangwa bigorana

    Reply
  • Kigali says:
    January 1, 2023 at 9:19 pm

    Iki gicucu nanjye nzakigonga kuko kiri mubasenye reyo

    Reply
    • Kabeja says:
      January 1, 2023 at 10:50 pm

      Ahubwo Police ihere kuri wowe wa nkozi y’ibibi we.

      Reply
    • Ntawicumurame Job says:
      January 2, 2023 at 11:55 am

      Hari uwo ukeka yinjiriye akaba ari kumwivuna?

      Gs birababje pe bikwiye kurandurwa

      Reply
  • Anonymous says:
    January 1, 2023 at 10:18 pm

    Mu mugire inama bajye bavuga amakuru y,imikino apana kujya muri vie prive z,abantu

    Reply
  • Jean Damscene Niyongira says:
    January 2, 2023 at 10:56 am

    Mana we !!!ndumva bibabaje gusa nawe uburyo yabivuzemo wapi kbs!!yakabaye yarabimenyesheje police mbere nkumuntu ujijutse mbere yo kubitangaza social media .Ubu yishe iperereza ark police nikore akazi turayizeye

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?