BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’ubutumwa busaba koza amapine y’imodoka mbere yo kwijira muri kaburimbo.

Patrick Maisha
Last updated: April 19, 2024 3:04 pm
Patrick Maisha
Share
SHARE

Ku wa 19 Mata 2024, umujyi wa Kigali wanyujije ku rubuga rwa X ubutumwa busobanura ubwo wari watanzeho mbere bubwira abatwara imodoka kubanza koza imodoka amapine mbere yo kwinjira muri kaburimbo.

Ubwo butumwa bwa mbere bwari bwavugishije abatari bake harimo n’abakora umwuga w’itangazamakuru babaza aho bazogereza amapine y’imodoka zabo zica mu mihanda y’ibitaka.

Ni ubutumwa bwagiraga buti: “ Umujyi wa Kigali uributsa abantu bose ko bibujijwe kwanduza umuhanda . Ibi bireba umuntu ku giti cye , abafite ibikorwa by’ubwubatsi, aho imodoka zinjira cyangwa ziva kuri Chantier , n’ahandi”.

Bongeyeho kandi ko imodoka zigomba gusukurwa amapine igihe zigiye kwinjira muri kaburimbo.

Umujyi wa Kigali mu butumwa bushya wasobanuye ko ubu butumwa yatanze bwarebaga cyane cyane imodoka zikora ubwubatsi zitwara igitaka , imicanga, zikarenza urugero bikagenda bimeneka mu muhanda bikawanduza.

Umujyi wa Kigali waburiye abatwara izo  modoka z’ubwatsi ko zigomba kugenda zitwikiriye neza zikirinda kumena ibyo zihetse , uvuga ko ufatiwe muri iryo kosa  ahanwa  hakurikijwe itegeko No 48/2018 ryo ku wa 13/08/2018 rigenga ibidukikije.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

Ubwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe…

Nyarugenge: Umugore yaguwe gitumo na Polisi afite ibiro bibiri by’urumogi

Kuri uyu wa  22 Nyakanga 2025, Polisi ifatanije n’abaturage yafashe umugore witwa…

Umugore yakanze imyanya y’ibanga y’umugabo we kugeza ivuyemo amaraso

Umugore w’imyaka 57 wo mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyanza,…

U Rwanda rugiye gushyira amarerero mu bigo bya Polisi

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yatangaje ko hagiye gushyirwaho…

Burikantu akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana inkumi ebyiri

Mwitende Abdoulkarim wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Burikantu yatawe muri yombi,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru zindi

RDC: Imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka y’ubwato yigaragambije

2 Min Read
Inkuru zindi

DRC: Perezida Tshisekedi yategetse iperereza ku mpanuka y’ubwato

2 Min Read
Inkuru zindi

Barafinda Sekikubo yongeye gutanga kandidatire ku mwanya wa perezida

1 Min Read
Inkuru zindi

Christian Malanga wayoboye igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi ni muntu ki?

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?