BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jan 23, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Umujyi wa Kigali ugiye gushinga ikipe ya Volleyball

Umujyi wa Kigali ugiye gushinga ikipe ya Volleyball

admin
Last updated: August 4, 2022 12:03 pm
admin
Share
SHARE

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yemeje ko Umujyi wa Kigali mu minsi ya vuba uzashyiraho ikipe ya Volleyball.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwemeje ko bugiye kuzashyiraho ikipe ya Volleyball

Nyuma yo gutera inkunga ikipe z’umupira w’amaguru zirimo Kiyovu Sports na AS Kigali FC, Umujyi wa Kigali ugiye gushyira imbaraga no mu yindi mikino y’amaboko irimo na Volleyball.

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku wa Gatatu tariki 3 Kanama, Meya w’Umujyi wa Kigali, Rubingisa Pudence, yemeje ko bagiye gushing ikipe ya Volleyball ariko biri mu nyigo.

Mu gukomeza guteza imbere imikino, Umujyi uherutse gusura Club Rafiki iherereye i Nyamirambo ahazamukiye abakinnyi batandukanye ba Basketball, ugirana ibiganiro n’urubyiruko ruhakorera imyitozo muri ibi biruhuko.

Meya w’Umujyi wa Kigali yemeje ko bagiye gushinga ikipe ya Volleyball

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

Amakuru atangwa n’abakurikiranira hafi ibyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga…

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

Kuri uyu wa Kane tariki 22 Mutarama 2026, Igipolisi cya Uganda cyatangaje…

Rayon Sports yatandukanye na Haruna Ferouz

Nyuma y'iminsi Haruna Ferouz atagaragara mu myitozo ya Rayon Sports, yamaze gutandukana…

Jose Chameleone yaguze Radio i Burundi

Umuhanzi ukomeye mu muziki wa Afurika uzwi ku izina rya Jose Chameleone…

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiriye kuyobora Guinée Conakry muri manda y’imyaka irindwi, mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026

2 Min Read
Imikino

CAN 2025: Maroc na Senegal zabonye itike ya ½ 

4 Min Read
Imikino

Bugesera FC yongeye gukora mu nkovu Rayon Sports FC

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?