BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Edouce Softman agiye kurongora

Umuhanzi Edouce Softman agiye kurongora

admin
Last updated: September 21, 2022 5:24 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi Edouce Softman agiye kurongora Nyinawumuntu Delice Rwiririza aheruka kwambika impeta y’urukundo banamaze igihe kinini bakundana.

Ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu ubwo Edouce yambikaga impeta Nyinawumuntu bagiye kubana

Mu nteguza y’ubukwe bw’aba bombi yagiye hanze, bigaragara ko bazakora ubukwe ku wa 3 Ukuboza uyu mwaka. Nta bindi byinshi bigaragaraho kuko ivuga ko ibintu bijyanye n’ubu bukwe bizamenyekana ku mpapuro z’ubutumire zizajya hanze vuba.

Ku wa 28 Kanama 2022 nibwo Edouce Softman yaciye bugufi asaba Nyinawuntu Delice kuzamubera umugore maze nawe avuga “Yego atazuyaje.”

Ibyo birori byabereye muri Hoteli ikomeye bikomereza ku mucanga w’i Kivu mu Karere ka Rubavu nk’uko byagaragajwe n’amafoto aba bombi basakaje ku mbuga nkoranyambaga.

Edouce Softman azwi mu ndirimbo nka ‘Akandi ku mutima, ‘Urushinge’ n’izindi zakunzwe mu bihe bitandukanye.

Nyinawumuntu Rwiririza Delice wambitswe impeta na Edouce Softman we yiyamamaje muri Miss Rwanda 2020 ahagarariye Intara y’Iburengerazuba aza no kubasha kurenga ijonjora ry’ibanze yinjira muri 20 bagiye mu mwiherero.

Aba bombi bamaze igihe mu munyenga w’urukundo, bakundaga kubigaragaza mu mafoto basakazaga ku mbuga nkoranyambaga.

Integuza y’igihe ubukwe bwabo buzabera

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Donald Trump yoherereje ibaruwa perezida wa Isiraheli amusaba kubabarira byimazeyo Benjamin Netanyahu 

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko igihe kigeze ngo…

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?