BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Edouce Softman agiye kurongora

Umuhanzi Edouce Softman agiye kurongora

admin
Last updated: September 21, 2022 5:24 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi Edouce Softman agiye kurongora Nyinawumuntu Delice Rwiririza aheruka kwambika impeta y’urukundo banamaze igihe kinini bakundana.

Ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu ubwo Edouce yambikaga impeta Nyinawumuntu bagiye kubana

Mu nteguza y’ubukwe bw’aba bombi yagiye hanze, bigaragara ko bazakora ubukwe ku wa 3 Ukuboza uyu mwaka. Nta bindi byinshi bigaragaraho kuko ivuga ko ibintu bijyanye n’ubu bukwe bizamenyekana ku mpapuro z’ubutumire zizajya hanze vuba.

Ku wa 28 Kanama 2022 nibwo Edouce Softman yaciye bugufi asaba Nyinawuntu Delice kuzamubera umugore maze nawe avuga “Yego atazuyaje.”

Ibyo birori byabereye muri Hoteli ikomeye bikomereza ku mucanga w’i Kivu mu Karere ka Rubavu nk’uko byagaragajwe n’amafoto aba bombi basakaje ku mbuga nkoranyambaga.

Edouce Softman azwi mu ndirimbo nka ‘Akandi ku mutima, ‘Urushinge’ n’izindi zakunzwe mu bihe bitandukanye.

Nyinawumuntu Rwiririza Delice wambitswe impeta na Edouce Softman we yiyamamaje muri Miss Rwanda 2020 ahagarariye Intara y’Iburengerazuba aza no kubasha kurenga ijonjora ry’ibanze yinjira muri 20 bagiye mu mwiherero.

Aba bombi bamaze igihe mu munyenga w’urukundo, bakundaga kubigaragaza mu mafoto basakazaga ku mbuga nkoranyambaga.

Integuza y’igihe ubukwe bwabo buzabera

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?