BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, May 21, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

sam
Last updated: May 21, 2025 6:35 am
sam
Share
SHARE

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate na FDLR bamaze kugera mu Rwanda, mu byiciro bibiri.

Muhawenimana, ari muri 360 bageze mu Rwanda ku ikubitiro,Tariki 17 Gicurasi 2025, bavuye muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Uyu mubyeyi nyuma yo kwibaruka mu ijoro rikurikiyeho, ubwo yageraga mu Rwanda, yahawe imyabaro n’ibikoresho by’isuku.

Aya makuru yamenyekanye, ubwo Akarere ka Nyabihu kanyuzaga ubutumwa ku rubuga rwa X, bavuga ko Umuyobozi wako yahaye Muhawenimana ibyo kumufasha.

Ubutumwa bugira buti “Umuyobozi w’Akarere Mukandayisenga Antoinette, yasuye umubyeyi Muhawenimana Ntagisanimana ufite imyaka 24, akaba yibarutse umwana w’umukobwa wiswe Uwamahoro Gentille, amaze umunsi umwe ageze mu Kigo cya Kijote, ni mu rwego rwo kumuha iby’ibanze umubyeyi akenera.”

Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Mukandayisenga Antoinette, yavuze ko byakozwe mu kumufasha kubona iby’ibanze.

Yongeyeho ko uyu mubyeyi na bagenzi be bazanye mu Kigo cya Kijote bazafashwa gusubizwa mu buzima busanzwe.

Abanyarwanda bagera ku 2500, nibo bamaze kumenyekana ko bazataha mu Rwanda, igikorwa kizagirwamo uruhare n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, HCR, ribakira mu Burasirazuba bw’u Rwanda, rikaganira n’u Rwanda rirumenyesha ko bifuza gutaha, narwo rugatangira kwitegura uko ruzabakira.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

Igisirikare cya Sudani cyatangaje  ko cyamze kwirukana burundu umutwe w’inyeshyamba  'Rapid Support…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Nyabihu: Abashumba batemanye umwe ahasiga ubuzima

1 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya Kabiri cy’Abanyarwanda barenga 790 bari barafashwe bugwate n’umutwe wa FDLR

2 Min Read
Mu Rwanda

Nyarugenge: Batawe muri yombi bazira kwiba imikufi mu imurikagurisha

2 Min Read
Mu Rwanda

Muri Bugesera Umugabo yapfiriye ku Kagali

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?