BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Umugabo ukomoka muri Uganda yaguye mu mpanuka yabereye i Rubavu

Umugabo ukomoka muri Uganda yaguye mu mpanuka yabereye i Rubavu

admin
Last updated: November 7, 2022 1:10 pm
admin
Share
SHARE

Impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO, yari ivuye muri Uganda yerekeje muri Congo, yakoze impanuka umushoferi ahita apfa.

Imodoka yari itwaye amafi iyavanye muri Uganda iyajyana i Goma muri Congo

Amakuru y’iyi mpanuka, yamenyekanye ku cyumweru mu gitondo, ubwo imodoka yari ipakiye amafi iyakuye muri Uganda, iyajyanye i Goma, yakoze impanuka igeze mu murenge wa Nyakiriba.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Mucyo Rukundo, yabwiye bagenzi bacu bo muri Kigali Today ko impanuka yabaye tariki ya 6 Ugushyingo 2022.

Yavuze ko ikamyo yari itwawe n’umugabo w’umugabo ukomoka muri Uganda witwa Lubaale Joel w’imyaka 27, wari kumwe na murumuna we witwa Bamucyai Ivan, bavuye muri Uganda berekeza i Goma.

CIP Mucyo avuga ko iyi modoka, Mitsubishi Fuso ifite Puraki ya UBG493Z  yari itwaye amafi toni 1.4 iyajyanye i Goma, bageze ahitwa Nyakiriba imodoka ibura feri bakimara gukata ikorosi.

https://umuseke.rw/wp-content/uploads/2022/11/WhatsApp-Video-2022-11-06-at-17.13.09.mp4

Ati “Umushoferi yahise apfa ndetse ahera mu modoka biba ngombwa ko hitabazwa ishami rya Polisi rishinzwe ubutabazi, bakuramo umurambo uhita ujyanwa mu bitaro bya Gisenyi”.

Murumuna w’uyu mushoferi yakomeretse byoroheje ku kaguru na we yahise ajyanwa kwa muganga kwitabwaho.

CIP Rukundo atanga ubutumwa ku bantu batwara ibinyabiziga ko bakwiye kujya bitwararika bakagenda neza ndetse bakagenzura ko ibinyabiziga byabo byujuje ubuziranenge, mbere yo gufata urugendo.

Umushoferi wari utwaye imodoka yahiye ahasiga ubuzima
Amafi yari toni 1.4

IVOMO: Kigali Today

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?