BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Umugabane wa Afurika wakoze amateka mu gikombe cy’Isi

Umugabane wa Afurika wakoze amateka mu gikombe cy’Isi

admin
Last updated: November 15, 2022 11:13 am
admin
Share
SHARE

Amakipe atanu y’Ibihugu ahagarariye umugabane wa Afurika mu gikombe cy’Isi kizabera muri Qatar, azaba atozwa n’abatoza bose bakomoka ku mugabane wa Afurika.

Umugabane wa Afurika uzaba uhagarariwe n’abatoza batanu bawukomokaho

Ni bwo bwa Mbere aya mateka agiye kwiyandika ku Mugabane wa Afurika, ubusanzwe bimwe mu bihugu byo muri Afurika byitabiraga Igikombe cy’Isi byabaga bifite abatoza bakomoka ku yindi Migabane itari Afurika gusa.

Kuri iyi nshuro, Ibihugu bitanu byose bihagarariye Afurika bizaba bitozwa n’abakomoka kuri uyu Mugabane.

Abo batoza ni Rigobert Song utoza Cameroun, Aliou Cissé utoza Sénégal, Walid Regragui utoza Maroc, Otto Addo utoza Ghana na Jalel Kadri utoza Tunisie.

N’ubwo aba batoza bazaba bari mu nshingano, ntabwo ari ko bose bahesheje itike yo kwitabira iyi mikino, amakipe y’Ibihugu bazaba batoza kuko nko muri Maroc yabonye itike iri kumwe na Vahid Halilhodzic.

Igikombe cy’Isi kizatangira ku Cyumweru tariki 20 Ugushyingo 2022, kizakinwa n’amakipe 32.

UMUSEKE.RW

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?