BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, May 25, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ukraine yashinje u Burusiya kuyigabaho ibitero byahitanye abanyu umunani

Ukraine yashinje u Burusiya kuyigabaho ibitero byahitanye abanyu umunani

sam
Last updated: May 25, 2025 8:17 am
sam
Share
SHARE

Abategetsi bo muri Ukraine bavuga abantu umunani bapfuye, abandi barenga 30 bakomerekera  mu gitero kinini cya misile z’indege nto z’intambara zitagira umupilote (drone) Uburusiya bwagabye ku murwa mukuru Kyiv no mu bindi bice bitandukanye.

Abayobozi bo mu bice bitandukanye bya Ukraine bemeje abo umunani barimo bane bo mu karere ka Khmelnytskyi, batatu bo muri Kyiv, ndetse n’umwe mu mujyi wa Mykolaiv uri mu majyepfo.

Ibi byabaye nyuma y’umunsi umwe Kyiv ihuye n’ibitero bikomeye cyane kuva intambara yatangira muri Gashyantare 2022, aho u Burusiya bwagabye ibitero bya drones 250 n’ibisasu bya missile birenga 14.

Ni mu gihe Minisiteri y’Umutekano y’u Burusiya yavuze ko ingabo z’iki gihugu zirwanira mu kirere zaburijemo ibitero bya drones 95 za Ukraine. Bivugwa ko ibi bitero byari kwibasira ibice bitandukanye birimo na Moscow.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ukraine yashinje u Burusiya kuyigabaho ibitero byahitanye abanyu umunani

Abategetsi bo muri Ukraine bavuga abantu umunani bapfuye, abandi barenga 30 bakomerekera…

Congo-Central: Imfungwa 11 zatorotse kasho ya Sekabanza

Ku wa gatandatu, tariki ya 24 Gicurasi, imfungwa 11 zatorotse gereza ,…

Joseph Kabila yanenze ubutegetsi bwa Tshisekedi nyuma yo kumwambura ubudahangarwa

Joseph Kabila, wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yanenze…

Urukiko rwategetse ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Habiyambere Zacharie yategetswe gufungwa iminsi 30 y'agateganyo nyuma y'uko urukiko rw'ibanze rwa…

Uhagarariye u Rwanda muri Loni yatangiye imirimo ye

Ambasaderi Martin Ngoga yashyikirije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, impapuro zimwemerera…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Se wabo wa Muhoozi yiyemeje ko agiye kumucyebura akamushyira ku murongo

1 Min Read
Mu mahanga

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

2 Min Read
Mu mahanga

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

2 Min Read
Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?