BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ukraine yacyuye abasirikare bayo babaga muri Congo

Ukraine yacyuye abasirikare bayo babaga muri Congo

admin
Last updated: September 17, 2022 4:24 am
admin
Share
SHARE

Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa Congo basubiye iwabo bose.

Abasirikare ba Ukraine ubwo binjiraga mu ndege ibacyuye

Ku wa Gatanu tariki 16 Nzeri, 2022 nibwo abasirikare ba Ukraine buriya indege basubira iwabo.

Guverinoma ya Ukraine yari yasabye ko abasirikare bayo bava mu butumwa barimo bwa MONUSCO bagataha.

Umugaba mukuru w’ingabo za MONUSCO, Lt Gen Marcos DA COSTA yashimiye abasirikare ba Ukraine bari bamaze imyaka 10 batanga umusanzu wabo mu kugarura amahoro muri Congo.

Abasirikare ba Ukraine 250 bari mu bagize ingabo za MONUSCO. Ukraine ni yo yatangaga indege za kajugujugu zigera ku 9 kuri 24 MONUSCO ikoresha nk’uko RFI yabyanditse muri Werurwe 2022 ubwo Ukraine yasabaga gucyura abasirikare bayo.

Ingabo za MONUSCO zimaze igihe ku gitutu abaturage n’abanyepolitiki bo muri Congo basaba ko ziva ku butaka bwabo kuko mu gihe zihamaze nta mpinduka ikomeye zahazanye mu bijyanye no guhagarika ubwicanyi no kuzana amahoro.

Ukraine yasabye ko abasirikare bayo bataha kubera ko na yo iri mu ntambara n’Uburusiya

AMAFOTO@MONUSCO Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Q says:
    September 17, 2022 at 1:54 pm

    Bari baregereje muri RDC nibajye gucamutswa n’imiziga y’abarusiya

    Reply

Leave a Reply to Q Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Mu mahanga

Muyaya yise intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC akantu gato ku gihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Ethiopia: Ikirunga cyarutse nyuma y’imyaka ibihumbi 12 gisinziriye 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?