BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ukraine yacyuye abasirikare bayo babaga muri Congo

Ukraine yacyuye abasirikare bayo babaga muri Congo

admin
Last updated: September 17, 2022 4:24 am
admin
Share
SHARE

Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa Congo basubiye iwabo bose.

Abasirikare ba Ukraine ubwo binjiraga mu ndege ibacyuye

Ku wa Gatanu tariki 16 Nzeri, 2022 nibwo abasirikare ba Ukraine buriya indege basubira iwabo.

Guverinoma ya Ukraine yari yasabye ko abasirikare bayo bava mu butumwa barimo bwa MONUSCO bagataha.

Umugaba mukuru w’ingabo za MONUSCO, Lt Gen Marcos DA COSTA yashimiye abasirikare ba Ukraine bari bamaze imyaka 10 batanga umusanzu wabo mu kugarura amahoro muri Congo.

Abasirikare ba Ukraine 250 bari mu bagize ingabo za MONUSCO. Ukraine ni yo yatangaga indege za kajugujugu zigera ku 9 kuri 24 MONUSCO ikoresha nk’uko RFI yabyanditse muri Werurwe 2022 ubwo Ukraine yasabaga gucyura abasirikare bayo.

Ingabo za MONUSCO zimaze igihe ku gitutu abaturage n’abanyepolitiki bo muri Congo basaba ko ziva ku butaka bwabo kuko mu gihe zihamaze nta mpinduka ikomeye zahazanye mu bijyanye no guhagarika ubwicanyi no kuzana amahoro.

Ukraine yasabye ko abasirikare bayo bataha kubera ko na yo iri mu ntambara n’Uburusiya

AMAFOTO@MONUSCO Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Q says:
    September 17, 2022 at 1:54 pm

    Bari baregereje muri RDC nibajye gucamutswa n’imiziga y’abarusiya

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 na MONUSCO byaganiriye ku gahenge

2 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Paul Mackenzie yongeye kuregwa ku rupfu rw’abandi bantu 52 nyuma y’abarenga 400 asanzwe akurikiranywaho

2 Min Read
Mu mahanga

Kenya: Abakora mu bwikorezi bwo mu kirere bateguje imyigaragambyo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?