BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ukraine yacyuye abasirikare bayo babaga muri Congo

Ukraine yacyuye abasirikare bayo babaga muri Congo

admin
Last updated: September 17, 2022 4:24 am
admin
Share
SHARE

Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa Congo basubiye iwabo bose.

Abasirikare ba Ukraine ubwo binjiraga mu ndege ibacyuye

Ku wa Gatanu tariki 16 Nzeri, 2022 nibwo abasirikare ba Ukraine buriya indege basubira iwabo.

Guverinoma ya Ukraine yari yasabye ko abasirikare bayo bava mu butumwa barimo bwa MONUSCO bagataha.

Umugaba mukuru w’ingabo za MONUSCO, Lt Gen Marcos DA COSTA yashimiye abasirikare ba Ukraine bari bamaze imyaka 10 batanga umusanzu wabo mu kugarura amahoro muri Congo.

Abasirikare ba Ukraine 250 bari mu bagize ingabo za MONUSCO. Ukraine ni yo yatangaga indege za kajugujugu zigera ku 9 kuri 24 MONUSCO ikoresha nk’uko RFI yabyanditse muri Werurwe 2022 ubwo Ukraine yasabaga gucyura abasirikare bayo.

Ingabo za MONUSCO zimaze igihe ku gitutu abaturage n’abanyepolitiki bo muri Congo basaba ko ziva ku butaka bwabo kuko mu gihe zihamaze nta mpinduka ikomeye zahazanye mu bijyanye no guhagarika ubwicanyi no kuzana amahoro.

Ukraine yasabye ko abasirikare bayo bataha kubera ko na yo iri mu ntambara n’Uburusiya

AMAFOTO@MONUSCO Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Q says:
    September 17, 2022 at 1:54 pm

    Bari baregereje muri RDC nibajye gucamutswa n’imiziga y’abarusiya

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Ugushyingo 2025, imirwano ikaze yadutse…

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
Mu mahanga

Papa Leo XIV yakiriye Perezida Ramaphosa i Vatican mu gihe Afurika y’Epfo na Amerika bitavuga rumwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?