BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uganda : Inkuba yishe abagera kuri 13 mu nkambi y’impunzi

Uganda : Inkuba yishe abagera kuri 13 mu nkambi y’impunzi

sam
Last updated: November 4, 2024 8:26 am
sam
Share
SHARE

Polisi ya Uganda yatangaje ko inkuba yakubise impunzi 14 abandi 34 bagakomereka mu nkambi ya Palabek iri mu majyaruguru y’iki gihugu aho zari zagiye gusenga mu materaniro yo ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki 02 Ugushyingo 2024.

Mu itangazo yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X polisi y’iki gihugu yatangaje ko abandi bishwe n’inkuba bafite hagati y’imyaka icyenda na 18.

Umuvugizi w’igipolisi cya Uganda Kituuma Rusoke, yatangaje ko uwo muntu mukuru uri mu bishwe n’inkuba ku wa gatandatu yari umugabo w’imyaka 21.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) rivuga ko inkambi y’impunzi ya Palabek icumbikiye impunzi n’abasaba ubuhungiro bose hamwe barenga 80,000. Benshi baturuka muri Sudani y’Epfo ihana imbibi na Uganda.

Mu myaka ine ishize, inkuba yishe abana 10 mu mujyi wa Arua, na wo wo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda.

Icyo gihe abo bana bakubiswe n’iyo nkuba ubwo bari babaye bafashe akaruhuko, mu mukino w’umupira w’amaguru wabahuzaga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwageneye ubutumwa DRC yishimiye ibihano America yafatiye RDF

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo avuga ko ibihano bibogamye bifatirwa…

U Rwanda rwiteguye guhangana n’ingaruka z’intambara y’Amerika na Iran

Minisitiri w'Imari n'Ingenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko hari ingamba Leta y'u Rwanda…

RED-Tabara yanyomoje Muyaya wavuze ko u Rwanda ari rwo rwayijyanye mu misozi miremire

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wanyomoje Minisitiri Patrick Muyaya wa…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani…

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
Mu mahanga

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?