BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru zindi > Uganda igiye kohereza izindi ngabo muri Congo

Uganda igiye kohereza izindi ngabo muri Congo

admin
Last updated: November 18, 2022 11:31 am
admin
Share
SHARE

 Uganda cyatangaje ko  icyiciro cya kabiri cy’abasirikare bari mu myiteguro ya nyuma yo kujya  guhanagana n’inyeshyamba ziri mu Burasirazuba bwa Congo .

Ingabo za Uganda ziritegura kujya muri Congo

Ni ingabo zigiye mu butumwa  bw’umutwe w’ingabo za Africa y’iburasirazuba (EAC)  kurwanya inyeshyamba zose ziri muri  Congo.

Umuvugizi w’ingabo za Uganda, Brig Gen Felix Kulayigye, yatangaje ko izi ngabo ziri mu myitozo ya nyuma mbere y’uko zinjira ku butaka bwa Congo, zigasanga iza Kenya 900 zerekeje iGoma muri iki cyumweru.

Ntihatangajwe nyirizina umubare w’ingabo zizajya ku rugamba  guhangana n’inyeshyamba.Umutwe wa M23 uhanganye bikomeye n’igisirikare cya leta, ubu ugenzura igice kinini cya ya Rutshuru,  muri  teritwari ya Nyiragongo ari nako usatira umujyi wa Goma.

Uyu mutwe ukomeje kugarukwaho n’imiryango mpuzamahanga, n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bisaba ko warambika hasi intwaro, ndetse  ko  uhangayikishije mu gihe muri Congo habarizwa imitwe y’inyeshyamba irenga 100.

Imirwano M23 ihanganyemo na Congo   imaze gukura abaturage benshi mu byabo aho abagera ku 60.000 bamaze guhungira mu bihugu bituranye na Congo abandi bakambitse ku misozi.

Kugeza ubu ibihugu birimo uBurundi,Uganda ,Kenya bimaze kohereza abasirikare  bahuriye mu mutwe w’ingabo za Africa y’iburasirazuba (EAC). Sudani y’Epfo iracyategerejwe ngo nayo yoherezeyo ingabo, Tanzania isa n’iyifashe ku kohereza ingabo muri Congo.

Bahawe ubutumwa mbere y’uko berekeza muri Congo

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

2 Min Read
Mu mahanga

Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

2 Min Read
Mu mahanga

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?