BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

sam
Last updated: June 13, 2025 8:35 am
sam
Share
SHARE

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana ikoranabuhanga ryayo, mu rwego rwo kongera ubushobozi muri iki cyiciro gisigaye gifashe runini mu ntambara zigezweho.

U Burusiya bwagizweho ingaruka n’ibitero karundura bya Ukraine byifashishaga drones, gusa nabwo bwateye intambwe ifatika mu guteza imbere icyo cyiciro cy’imirwanire mu ntambara zigezweho.

Icyakora iyi ntambwe yatewe igiye kurushaho gushyirwamo imbaraga binyuze mu gushyiraho itsinda ryihariye mu gisirikare cy’u Burusiya, rishinzwe gusa gukoresha drones ndetse n’ikoranabuhanga rijyana nayo, riri kurushaho gutera imbere umunsi ku wundi.

Perezida Vladimir Putin yavuze ko drones zagize uruhare rungana na 50% mu bijyanye no gusenya ibikoresho bya Ukraine birimo imodoka z’intambara n’ibindi.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Chris Eazy ari mu gahinda gakomeye ko kubura Mama we witabye Imana.

Umuhanzi Christian Rukundo Nsengimana uzwi nka Chris Eazy, ari mu gahinda gakomeye…

Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’

Ingabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana…

RDC: Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi…

Amajyaruguru: Abakora n’abacuruza inzoga z’inkorano bahagurukiwe

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca…

Israel yivuganye abasirikare  bakuru ba Iran mu gitero simusiga yabagabyeho

Kuri uyu wa Gatanu mu masaha y'urukerera, Israel yagabye igitero gikomeye kuri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka

1 Min Read
Mu mahanga

Putin yongeye gukanga amahanga kubera ubushobozi bw’intwaro kirimbuzi afite

1 Min Read
Mu mahanga

Burundi: CNDD-FDD yihariye imyanya yose y’Inteko ishingamategeko

2 Min Read
Mu mahanga

Afurika y’Epfo: Imodoka itwara abanyeshuri yatwawe n’umwuzure iburirwa irengero

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?