BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Uburayi Burateganya Kongera Inkunga Bwahaga Ukraine

Uburayi Burateganya Kongera Inkunga Bwahaga Ukraine

sam
Last updated: March 7, 2025 2:13 pm
sam
Share
SHARE

Kuwa kane tariki 6 Werurwe 2025,  Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yahuye n’abayobozi b’Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi baganira ku mfashanyo ya Ukraine n’umutekano w’Uburayi muri rusange.

Muri iyi iyi nama idasanzwe yabereye i Buruseli mu Bubiligi, yahuje aba bategetsi mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump muri iki cyumweru yahagaritse inkunga ya gisirikare Amerika yageneraga Ukraine.

Ibihugu 27 bigize Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi birateganya kongera ingengo y’imari yabyo mu by’umutekano kugirango bishimangire ko bishyigikiye Ukraine byimazeyo.

N’ubwo biri uko, ntabwo inkunga y’Uburayi izafatwa nk’igiye gusimbura burundu iyo Ukraine yahabwaga na Leta zunze ubumwe z’Amerika yahagaritswe.

Umuryango wa OTAN uvuga ko umwaka ushize Amerika yatanze 40% by’imfashanyo ya gisirikare muri Ukraine, ibyo Uburayi butashoboraga gukora mu buryo bworoshye.

Iyi nama ibaye mu gihe hari ubwoba ko nyuma y’uko Uburusiya bugabye intambara kuri Ukraine, noneho Uburayi bwose ari bwo bwaba butahiwe. Ubu bwoba bugaturuka ko Uburayi butiringiye neza niba Amerika yabufasha.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?