BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Aug 3, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubuzima > U Rwanda rugiye gutangiza ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara

U Rwanda rugiye gutangiza ibitaro 10 bya Kaminuza mu Ntara

sam
Last updated: July 3, 2025 6:56 am
sam
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko hirya no hino mu gihugu hagiye gufungura ibitaro 10 BYA kaminiza byo ku rwego rwa kabiri.

Minisitiri w’ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yabitangaje kuri uyu wa Nyakanga 2025 mu kiganiro yagiranye na RBA .

Dr Sabin yavuze ko iyi gahunda igamije kongera amavuriro mu rwego two gufasha buri muntu kubona aho yivuriza bitamugoye.

Dr Sabin yagaragaje ishusho y’ubivuzi mu myaka ya mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,ko hari amavuriro make kandi mato ariko ko kugeza ubu akomeje kwiyongera ku kigero kiri hejuru.

Ati “Mu Rwanda iyo turebye amateka y’amavuriro, usanga amavuriro yari ariho yari make cyane ariko ashingiye ku bikorwa biri hafi aho nk’ubucuruzi cyangwa ibyashyizweho n’abihayimana, ariko kuri ubu ubwiyongere bukomeje kugaragara[…] ibitaro bya kaminuza habagaho ibitaro bimwe ubu tugeze ku bitaro hafi bitandatu bya kaminuza ndetse no mu ntara turi gufungura ibindi bigeze kuri 10 bya kaminuza ku rwego rwa kabiri, ku mavuriro byarihuse.”

Kugeza ubu mu Rwanda habarurwa ibigo nderabuzima birenga 510, ibitaro bingana na 57, amavuriro y’ibanze 1200 na ho ibitaro bya Kaminuza ni bitandatu kongeraho ibindi 10 byo ku rwego rwa kabiri bigiye gufungurwa hirya no hino mu Ntara.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ibinini bizafasha abagabo kuboneza urubyaro byatangiye kugeragezwa

Nyuma y'uburyo bwari busanzweho bwo kuboneza urubyaro ku bagabo, nko gukoresha agakingirizo…

Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko yishimiye gutembereza mu Biro by’Umukuru…

Gicumbi: Polisi yafashe abantu batanu bahungabanyaga umutekano

Polisi ikorera mu Murenge wa Cyumva mu Karere ka Gicumbi k bufatanye…

Inteko Ishinga mategeko y’u Rwanda wamaganiye kure amagambo ya Vital Kamerhe

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yamaganye imvugo za Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko…

Protais Mitali wabaye muri guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana

Protais Mitali wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo, yitabye Imana aguye mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubuzima

Rutsiro: Umusaza w’imyaka 76 yakubiswe n’inkuba arapfa

1 Min Read
Ubuzima

Umuti witwa Relief wahagaritswe ku isoko ry’u Rwanda

1 Min Read

Amavubi yahamagaye 25 bazakina imikino ibiri ya gicuti

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?