BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jun 6, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

sam
Last updated: June 6, 2025 11:43 am
sam
Share
SHARE

U Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) hirya no hino muri Ukraine mu ijoro ryakeye, gihitana nibura abantu bane gikomeretsa abandi 20 mu Murwa Mukuru i Kyiv, nk’uko abayobozi ba Ukraine babitangaje kuri uyu wa Gatanu.

Ikigo cy’Igihugu cya Ukraine gishinzwe Ubutabazi cyatangaje ko “Ukraine yongeye kugabwaho igitero kirimo indege zitagira abapilote n’ibisasu bya misile. Abakora ibikorwa by’ubutabazi bari muri ibyo bikorwa ahagabwe ibitero bitandukanye mu mujyi hose.”

Umuyobozi w’Umujyi wa Kyiv, Vitali Klitschko, yavuze ko abantu bane bamaze kwemezwa ko bapfuye mu murwa mukuru, abandi 20 bakomerekejwe, 16 muri bo bakaba bakiri mu bitaro.”

Ibi bitero bikurikiye gasopo yari yatanzwe na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ubwo yavuganaga kuri telefoni na Donald Trump, aho Kremlin yatangaje ko izihorera nyuma y’uko indege za Ukraine zisenye ibirindiro by’indege z’intambara z’u Burusiya mu bitero iheruka kugaba imbere mu gihugu.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Billy Joel yahishuye ko yagerageje kwiyahura inshuro ebyiri

Umuririmbyi w’Umunyamerika Billy Joel, wamamaye mu bihangano bikomeye byagiye bivugwa cyane ku…

U Burusiya bwagabye igitero cya drones i Kyiv gihitana bane

U Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) hirya no hino muri…

Inzira zabyaye amahari hagati ya perezida Trump n’umuherwe Elon Musk

Hari intambara ikomeye hagati y'umuntu wa mbere utunze kurusha abandi kw'isi n'umunyaporitike…

Umuriro watse hagati y’u Burusiya n’u Bwongereza

Ambasaderi w’u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu uruhare mu bitero bya…

Martin Fayulu yahuye na perezida Tshisekedi amusaba ibiganiro n’Abakongomani

Kuri uyu wa Kane tariki 5 Kamena , Martin Fayulu utavuga rumwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Edgar wabaye perezida wa Zambia yitabye Imana ku myaka 68

1 Min Read
Mu mahanga

Abasirikare ba RDC babujijwe gushaka bataramaramo imyaka irindwi

2 Min Read
Mu mahanga

Tanzania yafunze urubuga rwa X irushinja gukwirakwiza amashusho y’ubusambanyi

1 Min Read
Mu mahanga

Tanzania yafunze itorero rya Pantekote ryamaganye ishimutwa ry’abantu

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?