BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Turahirwa Moses yaciye impaka yemeza ibyo gusambana n’uwo bahuje igitsina

Turahirwa Moses yaciye impaka yemeza ibyo gusambana n’uwo bahuje igitsina

admin
Last updated: January 5, 2023 10:41 am
admin
Share
SHARE

Amashusho ya Turahirwa Moses yambaye ubusa ameze nkuri gusambana n’uwo bahuje igitsina yari amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga bigateza urujijo, uyu musore yamaze kwemeza ko ari aye abisabira imbabazi.

Moses washinze inzu y’imideli yitwa Moshions amashusho ye yagiye hanze asamirwa hejuru n’abakurikirana imyidagaduro batishimiye kubona uyu musore ari gusambana na bagenzi be bahuje igitsina.

Aya mashusho yateje urujijo cyane bamwe bavuga ko yakoze amahano abandi banga kwemera ko yaba ariwe bitewe n’ukuntu basanzwe bamuzi.

Uyu musore yaje guca impaka ahamya ko ariwe ugaragara muri ayo mashusho.

Mu kwisobanura kwe yavuze ko ariya mashusho yafashwe bari gukora filime izajya hanze mu minsi iri imbere izaba yitwa ‘Kwanda’ Season 1.

Ati “Ndasaba imbabazi abavandimwe banjye bo mu Rwanda bakozweho n’aya mashusho yashyizwe ku karubanda ajyanye na filime iri gufatirwa mu Butaliyani ndetse n’abakinnyi ba filime b’Abataliyani n’inzu z’imideli nazo zagizweho ingaruka n’iki kibazo.”

Aya mashusho ya Moses yafatiwe mu gihugu cy’Ubutaliyani dore ko ari naho asigaye akorera imishinga ye myinshi harimo n’iyo Filime ari gutegura.

https://twitter.com/MosesTurahirwa/status/1610831602610741249

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • lg says:
    January 5, 2023 at 11:01 am

    Nababwiye ko ntawe usaza atiyononeye ngo nayanjye kuva igihe yambara ubusa nasabye abambaraga imyenda kuyijugunya kuko utakwambika abantu neza wowe wiyambika ubusa none ageze aho yemera ko ali umutinganyi kumugaragaro biragaragara ko kwambara ibihangano bye ntakiza kilimo

    Reply
  • Mukiza says:
    January 5, 2023 at 6:36 pm

    Ig wirira urizwa n’ingabo z’abadaïmoni zinjiye mu mitima y’abantu zikabakiresha imilimo y’urukozasoni Niko byari bimeze muri Sodoma& Gomola igihe yarimbuzwaga umuriro n’amazuku,buriya Moses ubimubajije ntiyamenya ko Ari bibi kuko imitima yabo yarahindukiye icura umwijima.soma Roma 1:1-22

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

2 Min Read
Imyidagaduro

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

2 Min Read
Imyidagaduro

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

2 Min Read
Imyidagaduro

Yampano yakiriye agakiza, ateguza ubukwe n’umukunzi we ‘baruhanye’

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?