BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Turahirwa Moses yaciye impaka yemeza ibyo gusambana n’uwo bahuje igitsina

Turahirwa Moses yaciye impaka yemeza ibyo gusambana n’uwo bahuje igitsina

admin
Last updated: January 5, 2023 10:41 am
admin
Share
SHARE

Amashusho ya Turahirwa Moses yambaye ubusa ameze nkuri gusambana n’uwo bahuje igitsina yari amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga bigateza urujijo, uyu musore yamaze kwemeza ko ari aye abisabira imbabazi.

Moses washinze inzu y’imideli yitwa Moshions amashusho ye yagiye hanze asamirwa hejuru n’abakurikirana imyidagaduro batishimiye kubona uyu musore ari gusambana na bagenzi be bahuje igitsina.

Aya mashusho yateje urujijo cyane bamwe bavuga ko yakoze amahano abandi banga kwemera ko yaba ariwe bitewe n’ukuntu basanzwe bamuzi.

Uyu musore yaje guca impaka ahamya ko ariwe ugaragara muri ayo mashusho.

Mu kwisobanura kwe yavuze ko ariya mashusho yafashwe bari gukora filime izajya hanze mu minsi iri imbere izaba yitwa ‘Kwanda’ Season 1.

Ati “Ndasaba imbabazi abavandimwe banjye bo mu Rwanda bakozweho n’aya mashusho yashyizwe ku karubanda ajyanye na filime iri gufatirwa mu Butaliyani ndetse n’abakinnyi ba filime b’Abataliyani n’inzu z’imideli nazo zagizweho ingaruka n’iki kibazo.”

Aya mashusho ya Moses yafatiwe mu gihugu cy’Ubutaliyani dore ko ari naho asigaye akorera imishinga ye myinshi harimo n’iyo Filime ari gutegura.

https://twitter.com/MosesTurahirwa/status/1610831602610741249

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • lg says:
    January 5, 2023 at 11:01 am

    Nababwiye ko ntawe usaza atiyononeye ngo nayanjye kuva igihe yambara ubusa nasabye abambaraga imyenda kuyijugunya kuko utakwambika abantu neza wowe wiyambika ubusa none ageze aho yemera ko ali umutinganyi kumugaragaro biragaragara ko kwambara ibihangano bye ntakiza kilimo

    Reply
  • Mukiza says:
    January 5, 2023 at 6:36 pm

    Ig wirira urizwa n’ingabo z’abadaïmoni zinjiye mu mitima y’abantu zikabakiresha imilimo y’urukozasoni Niko byari bimeze muri Sodoma& Gomola igihe yarimbuzwaga umuriro n’amazuku,buriya Moses ubimubajije ntiyamenya ko Ari bibi kuko imitima yabo yarahindukiye icura umwijima.soma Roma 1:1-22

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Umusizi Saranda ari mu gahinda ko gupfusha mama we

1 Min Read
Imyidagaduro

Suède: Element agiye guhurira mu gitaramo na Kizz Daniel

1 Min Read
Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?