BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Trump yavanye Amerika mu miryango mpuzamahanga 66

Trump yavanye Amerika mu miryango mpuzamahanga 66

admin
Last updated: January 8, 2026 2:39 pm
admin
Share
SHARE

Imyinshi muri iyi miryango ni ibigo bishamikiye ku Muryango w’Abibumbye byibanda ku mihindagurikire y’ikirere, umurimo, abimukira na politiki y’imibereho.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yavuze ko ibigo bikora kuri gahunda zinyuranyije n’inyungu za Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Perezida Donald Trump yategetse Amerika kuva mu mashyirahamwe 66 mpuzamahanga, harimo n’inzego zikomeye z’Umuryango w’Abibumbye, mu rwego rwo kwihutisha kuva mu bufatanye mpuzamahanga kwa Washington.

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 7 Mutarama 2026, Trump yashyize umukono ku cyemezo cy’ubuyobozi gitegeka minisiteri zitandukanye za Amerika guhagarika imikoranire no gutera inkunga amashami 31 y’Umuryango w’Abibumbye n’imiryango 35 itari iya Loni ” kandi vuba bishoboka”, nk’uko byatangajwe na White House.

Iyi miryango yibanda ku mihindagurikire y’ikirere, kubungabunga, kurwanya iterabwoba n’uburenganzira bwa muntu n’ibindi.

Ni izihe nzego mpuzamahanga zikomeye Amerika yikuyemo?

The UN Framework Convention on Climate Change (UNFCCC):

UN Women

Ibiro by’intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru bishinzwe abana ahabera amakimbirane

Ibiro by’intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ku kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina mu makimbirane

UNFPA

IUCN (The International Union for Conservation of Nature)

UNCTAD (UN Conference on Trade and Development)

UN-Habitat n’indi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

3 Min Read
Amerika

Kenya yafunze ukekwaho kujyana abaturage bayo kurwanira u Burusiya

2 Min Read
Amerika

Trump yasabye Netflix kwirukana umwe mu bayobozi bayo, imutera utwatsi

1 Min Read
Amerika

Indege 50 za Amerika zerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati hakekwa intambara ikomeye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?