BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, May 22, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Travis Scott yajyanwe mu nkiko

Travis Scott yajyanwe mu nkiko

sam
Last updated: February 20, 2025 12:07 pm
sam
Share
SHARE

Umuraperi Jacques Webster II uzwi nka Travis Scott yajyanwe mu nkiko n’umugabo umushinja we n’itsinda rimucungira umutekano kumukubita no kumukomeretsa.

Uyu mugabo ushinja uyu muraperi ni uwitwa Omar Muhanna, uvuga ko urugomo yakorewe rwamuviriyemo ubumuga bwa burundu.

Yabwiye urukiko ko ibi byabaye tariki 17 Kanama 2024 i Manhattan mu mujyi wa New York.

Yakomeje avuga ko yari hanze y’aho uyu muraperi yari yakoreye igitaramo, ubwo umwe mu barinzi ba Travis Scott yamusagariraga.

Ikindi Omar uri kurega ashingiraho ni uko ngo Travis Scott yakabaye yarashatse undi muntu umucungira umutekano utari umurinzi w’umunyarugomo.

Ntabwo ari ubwa mbere Travis Scott ajyanywe mu nkiko kuko kuva 2021 akurikiranyweho uburangare bwatumye abantu barenga 10 bapfira mu bitaramo bye bya Astroworld Festival mu mujyi wa Houston muri Leta ya Texas.

Travis Scott ni umwe mu baraperi bahagaze neza mu muziki wo muri Amerika. Yamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zirimo nka ‘Sicko Mode’, ‘My Eyes’, ‘Trance’ n’izindi.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ubushinjacyaha bwasabiye Constant Mutamba gukurwaho ubudahangarwa kugira ngo atabwe muri yombi

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye Inteko Ishinga Amategeko kwambura…

Uganda: inkiko za gisirikare zigiye kujya ziburanisha abasivile

Inteko Ishinga Amategeko muri Uganda yatoye itegeko riha ububasha inkiko za gisirikare…

Umugore wa Joe Biden agiye kujyanwa mu nkiko kubera kutita ku mugabo we

Jill Biden umugore w’uwahoze ari perezida wa leta  zunze ubumwe za Amerika…

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye…

Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho

Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rihanna yahishuye ko atwite inda y’umwana wa gatatu

1 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda rufite umugambi wo gutera igihugu cye

2 Min Read
Imyidagaduro

Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The Ben i Kampala

1 Min Read
Imyidagaduro

CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?