BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Tennis: Abasaga 150 baritezwe muri Rwanda Open 2022

Tennis: Abasaga 150 baritezwe muri Rwanda Open 2022

admin
Last updated: December 8, 2022 11:16 am
admin
Share
SHARE

Mu gihe habura iminsi ine gusa ngo hatangire irushanwa rya Tennis ryiswe ‘Rwanda Open’, abakinnyi bagera ku 150 barategerejwe muri iri rushanwa.

Tennis Rwanda Open yagarutse

Iyi mikino izakinwa guhera tariki 12-18 Ukuboza, ku bibuga byo muri IPRC-Kigali kuko ari byo biri ku rwego mpuzamahanga.

Ni imikino izakinwa mu byiciro bitatu, Tennis y’ababigize umwuga, abakina bishimisha (amateurs) na Tennis y’abafite ubumuga (Wheelchair Tennis).

Kwiyandikisha byasojwe ku wa Gatatu tariki 7 Ukuboza. Kwiyandikisha ku bakina nk’ababigize umwuga yari amadolari 20, mu gihe abatarabigize umwuga kwiyandikisha ari ibihumbi 10 Frw.

Ni irushanwa aho umukinnyi wa mbere mu bagabo no mu bagore muri Tennis y’ababigize umwuga azahembwa 2500$ kuri buri umwe, mu gihe ibihembo byose bingana n’ibihumbi 30$.

Rwanda Open 2022 yatewe inkunga na Minisiteri ya Siporo [Minisports].

Ubwo iri rushanwa riheruka gukinwa mu 2019, mu bagabo Isma Changawa (Kenya) ni we waryegukanye atsinze Kevin Cheriyot amaseti 2-0 (6-1 6-2), mu gihe mu bagore ryatwawe na Ingabire Meghan atsinze Tuyisenge Olive amaseti 2-0 (6-1, 6-1).

Abasaga 150 bategerejwe muri Rwanda Open

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?