BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Tanzania ituwe na miliyoni 61 – Ibarura rusange

Tanzania ituwe na miliyoni 61 – Ibarura rusange

admin
Last updated: November 1, 2022 10:47 am
admin
Share
SHARE

Abaturage ba Tanzania biyongereyeho hafi 40% mu myaka 10 ishize, ibarura rishya rigaragaza ko iki gihugu gituwe n’abaturage miliyoni 61,7.

Perezida Samia Suluhu Hassan abona ubu bwiyongere bw’abaturage buteye impungenge

Ibarura rusange riheruka muri Tanzania ryari ryakozwe mu mwaka wa 2012, icyo gihe igihugu cyari gituwe na miliyoni 44.9.

Ku wa Mbere, Perezida Samia Suluhu Hassan yatangaje imibare mishya y’abaturage babaruwe muri uyu mwaka, aho iki gihugu kigejeje abaturage miliyoni 61.7 (61,741,120).

Bigaragaza ko ubwiyongere bw’abaturage mu myaka icumi ari 37%, ibintu Perezida Samia Suluhu Hassan abona ko biteye impungenge.

Yagize ati “Abaturage bangana gutya ntibakabaye ikibazo ku gihugu kinini nk’icyacu, ariko ni umutwaro iyo bigeze ku kubagabanya umutungo no kubagezaho ibikorwa remezo.”

Abagore muri Tanzania ni 51% by’abatye igihugu bose.

Imijyi minini nka Dodoma, ari na wo murwa mukuru wa politiki ubu utuwe na miliyoni 3.1 naho Dar es Salaam, umujyi w’ubucuruzi utuwe na miliyoni 5.4.

ISOOKO: BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?