BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 5, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Amerika > Syria iri mu byishimo byo gukurirwaho ibihano by’ubukungu

Syria iri mu byishimo byo gukurirwaho ibihano by’ubukungu

sam
Last updated: July 2, 2025 6:21 am
sam
Share
SHARE

Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yasinye iteka rikuraho ibihano by’ubukungu Syria yari imaze imyaka yarafatiwe.

Syria yishimiye iki cyemezo Donald Trump yafashe kuko kigiye kuyifungurira imiryango y’ishoramari .

Ni ikemezo Trump afashe nyuma y’amezi arenga atandatu y’ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Perezida Bashar al-Assad .

Iri teka rigamije korohereza ibikorwa by’ingenzi bifasha iterambere rya Syria, imikorere y’ubuyobozi bushya ndetse no kongera kubaka umubano w’abaturage n’igihugu cyabo.

Syria yagiye ihabya ibihano bikomeye na Amerika birimo n’ibyo yafatiwe mbere y’intambara yatangiye 2011, byatumye ubukungu bw’i ki gihugu buhungabana.

Mu butumwa yanyujije kurubuga rwa X minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Syria Asaad Hassan al-Shaibani, yatangaje ko bishimiye iki cyemezo cya Trump, avuga ko kitezweho gufungura inzira yo kongera kubaka igihugu no kugiteza imbere.

Yongeraho ko iki cyemezo kizafasha mu kongera kubaka igihugu no gufungura amarembo ya Syria ku ruhando mpuzamahanga.

Trump yari yasezeranyije ko Amerika izashyigikira Syria nyuma y’intambara yaciye ibintu muri icyo gihugu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Amerika

Trump yahamije ko Amerika izakomeza guha intwaro Ukraine

1 Min Read
Amerika

Iran yagaragaje icyo yifuza mbere yo gusubukura ibiganiro na Amerika

2 Min Read
Amerika

Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika

1 Min Read
Amerika

Iran yemeje ko ibikorwaremezo bya nucléaire byayo byarashweho bikangirika bikomeye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?