BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 1, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Syria: Abasirikare ba leta14 bishwe baguye mu gico cy’abashyigikiye Assad wahoze ari perezida

Syria: Abasirikare ba leta14 bishwe baguye mu gico cy’abashyigikiye Assad wahoze ari perezida

sam
Last updated: December 26, 2024 10:59 am
sam
Share
SHARE

Ingabo za leta zatanye mu mitwe n’abashyigikiye Basha al-Assad wahoze ari perezida wa Syria, nyuma akaza guhirikwa ku butegetsi n’inyeshyamba.

Abayobozi bashya muri Syria baravuga ko abasirikare 14 bishwe abandi 10 barakomereka mu gico cy’ingabo z’indahemuka ku wahoze ari perezida, Bashar al-Assad.

Bavuga ko iyi mirwano yabereye ku wa Kabiri hafi y’icyambu cya Tartous ku Nyanja ya Mediterane nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga.

Amakuru avuga ko abashinzwe umutekano batezwe igico ubwo bageragezaga gufata uwahoze ari ofisiye kubera uruhare rwe muri gereza izwi cyane ya Saydnaya, hafi y’umurwa mukuru wa Damas.

Mu byumweru birenga bibiri bishize, ubutegetsi bwa Assad bwakuweho n’ingabo z’inyeshyamba ziyobowe n’umutwe wa kisilamu Hayat Tahrir al-Sham (HTS).

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

RwandAir yasubitse ingendo zijya i Doha kubera intambara yo muri Iran

Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu Kirere RwandAir yatangaje ko yasubitse…

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

Umunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo…

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

Ingabo za Israel (IDF) zongeye kugaba igitero gikomeye muri Iran nyuma y’amezi…

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
Mu mahanga

MASISI: FARDC irigamba kwisubiza Mahanga

1 Min Read
Mu mahanga

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?