BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Sugira Ernest yabonye ikipe muri Syria

Sugira Ernest yabonye ikipe muri Syria

admin
Last updated: August 10, 2022 3:43 pm
admin
Share
SHARE

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Sugira Ernest yerekeje gukina muri Al Wadga SC yo muri Syria.

Al Wadga SC yahaye ikaze Sugira Ernest

Nyuma yo gusoza amasezerano muri AS Kigali FC, ntabwo ubuyobozi bwigeze bwifuza kugumana na rutahizamu Sugira Ernest utaragiriyemo ibihe byiza.

Uyu musore w’imyaka 30 amahitamo ye yamwerekeje mu gihugu cya Syria mu ikipe ya Al Wadga SC ikina mu cyiciro cya Mbere.

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, ikipe ya Al Wadga SC yahaye ikaze Sugira.

Iti “Urisanga Ernest Sugira.”

Uyu rutahizamu yasinye amasezerano y’umwaka umwe.

Mu mwaka umwe yari amaze muri AS Kigali, uyu rutahizamu yagowe n’imvune yagiye agira, cyane mu isozwa rya shampiyona atabonyemo imikino myinshi yo gukina.

Sugira yakiniye amakipe arimo AS Muhanga y’iwabo, APR FC, Rayon Sports, AS Kigali yakiniye inshuro ebyiri zitandukanye na AS Vita Club yo muri Répubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Al Wadga SC ikina mu Cyiciro cya Mbere muri Syria

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • mutangana vital says:
    August 10, 2022 at 10:50 pm

    please! mujye mubanza mucishemo amaso kenshi munkuru mugiye kw uploadinga, Kuko harimo amafuti menshi.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?