BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Sudan: Abantu 150 baguye mu makimbirane y’amoko

Sudan: Abantu 150 baguye mu makimbirane y’amoko

admin
Last updated: October 21, 2022 5:00 pm
admin
Share
SHARE

Sudani abantu barenge 150 nibo bamaze kumenyekana ko baburiye ubuzima mu makimbirane akomeje gufata indi ntera hagati y’ubwoko bubiri cyane cyane hibasirwa aba Hausa.

Abo mu bwoko bw’aba Hausa nibo bibasiwe cyane kuko bari gutwikirwa abandi bakicwa

Ni amakimbirane yafashe indi ntera mu minsi mike ishize, aho kugeza ubu benshi bakomeje kuva mu byabo bahunga abandi bicwa mu gace ka Blue Nile kubera amakimbirane ashingiye ku butaka.

Nk’uko tubikesha Aljazeera, kubera gushyamirana abarimo cyane abagore n’abana bapfuye barashwe ndetse abandi bahitanwa n’inkongi y’umuriro kubera amazu ame namwe yatwitswe.

Aya makimbirane ari kubera mu gace ka Wad al-Mahi hafi na Roseires mu birometero Magana 500km mu majyepfo y’umurwa mukuru wa Sudani, Kartoum.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani, kuri uyu wa Kane batangaje ko uku gushyamirana gukomeje gufata indi ntera kandi ko ntagikozwe mu maguru mashya na leta ibintu birushaho kuba bibi, ibi kandi bigomba kujya n’umuhate w’ubuyobozi wo gukora bashyize imbere inyungu z’abaturage cyane cyane mu byaro babashakira umutekano n’ituze.

Abantu amagana bakomeje kandi kwigaragambya mu gace ka Damazin bamagana ubuyobozi n’uru rugomo.

Aya makimbirane yadutse mu Cyumweru gishije aho ubwoko bubiri burimo aba Hausa bakimbiranaga bapfa ubutaka mu gace ka Blue Nile, icyo gihe nabwo abaturage barenga icumi bahatakarije ubuzima.

Muri Nyakanga uyu mwaka, abantu bo mu bwoko bw’aba Hausa barapfuye abandi ibihumbi bata ingo zabo nyuma y’imyigaragambyo barimo bakora banenga uko bafatwa.

 

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?