BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 17, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Staff yahoze mu Amavubi yimukiye muri Police FC

Staff yahoze mu Amavubi yimukiye muri Police FC

admin
Last updated: July 29, 2022 10:43 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo guhabwa akazi nk’umutoza mukuru, Mashami Vincent yifuje kuzakorana na bamwe mu bo bahoranye ubwo yari umutoza mukuru mu Amavubi.

Mwambali Serge [wambaye ikoti ritukura] ni umutoza mwiza wongerera imbaraga abakinnyi
Uyu mutoza yahasanze Kirasa Alain ugifite amasezerano y’umwaka umwe, ahita asaba kuzana Higiro Thomas wari umutoza w’abanyezamu muri AS Kigali na Mwambali Serge wari ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi muri iyi kipe y’Umujyi wa Kigali.

Aba batoza bane bose bagiye gukorana hagamijwe gushaka igikombe kimwe mu bikinirwa mu Rwanda [icya shampiyona n’icy’Amahoro].

Serge Mwambari wasimbuye Hategekimana Corneille muri Police FC, ni umwe mu beza mu bijyanye no kongerera imbaraga abakinnyi [fitness trainer], cyane ko asanzwe ari we ukora ako kazi mu Amavubi.

Mashami Vincent yizaniye abatoza bakoranye mu Amavubi
Higiro Thomas nawe yamaze gusanga Mashami muri Police FC
Mwambaii yasanze Mashami muri Police FC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Santarafurika: Amb Kayumba yagiranye ibiganiro n’aba ofisiye ba RCS

Ambasaderi w’u Rwanda muri Santarafurika, Olivier Kayumba, yagiranye ibiganiro n’ Abakozi b’Urwego…

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

Imiryango itari iya Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahagurutse iri…

Agakoriro ka Gisozi kagiye kwimurirwa mu cyanya cy’inganda i Masoro

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibikorwa by’ububaji n’ibindibyakoreraga mu Gakiriro ka Gisozi…

Min Olivier Nduhungirehe Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we waTurkmenistan  

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwwrerane w'u Rwanda Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro kuri Telefone…

U Rwanda ruritegura kwakira inama ikomeye ya OIF

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?