BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Somalia: Perezida Hassan Mohamud yarokotse igitero cyagabwe ku modoka ye

Somalia: Perezida Hassan Mohamud yarokotse igitero cyagabwe ku modoka ye

sam
Last updated: March 19, 2025 8:56 am
sam
Share
SHARE

Perezida wa Somalia Hassan Sheikh Mohamud yarokotse igitero cya Alshabab cyagabwe ku modoka ye kuri uyu wa akabiri.

Amakuru avuga ko abari kumwe nawe mu rugendo bapfuye abandi bagakomereka ariko we yavuye mu modoka ari mutaraga.

Umujyanama mu by’umutekano mu gihugu, Xuseen Sheekh Cali yemeje ko perezida yari afite umutekano nyuma y’icyo gisasu cyibasiye uruhererekane rw’imodoka ziba ziri kumwe na perezida, ariko ko nta byangiritse byinshi cyangwa uwo byahitanye.

Iki gitero gikekwa ko cyakozwe n’abarwanyi bo muri Somaliya, kibaye mu gihe Perezida Mohamud akomeje urugendo rwe mu birindiro by’ingabo mu rwego rwo gushimangira ingufu zo kurwanya inyeshyamba za Al-Shabaab. N’ubwo igitero cyagabwe, abayobozi bijeje abaturage ko inzego z’umutekano zikomeje ibikorwa byo kurwanya uyu mutwe, kandi umutekano wa perezida ukaba uw’ibanze.

Ibyabaye byatumye ingamba z’umutekano ziyongera mu gihugu hose mu gihe iperereza ku gisasu cyaturitse rikomeje.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

1 Min Read
Mu mahanga

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

1 Min Read
Mu mahanga

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

1 Min Read
Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?