BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Nov 12, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Simba yabonye undi muterankunga uzayiha arenga miliyani 10$

Simba yabonye undi muterankunga uzayiha arenga miliyani 10$

admin
Last updated: August 1, 2022 4:07 pm
admin
Share
SHARE

Ni umuhango wabaye ku manywa yo kuri uyu wa Mbere nk’uko Simba SC yabitangaje ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo.

Simba SC izahabwa arenga miliyari 10$

Aya masezerano afite agaciro ka miliyari 26 na miliyoni 100 z’amashilingi akoreshwa muri Tanzania [asaga miliyoni 11 z’amadolari] mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere.

Umwaka wa mbere Simba SC izahabwa miliyari enye na miliyoni 670 z’amashilingi yo muri Tanzani, uwa Kabiri ihabwe miliyari enye na miliyoni 925, uwa Gatatu ihabwe miliyari eshanu na miliyoni 205, uwa Kane ihabwe miliyari ihabwe miliyari eshanu na miliyoni 514 mu gihe uwa Gatanu izahabwa miliyari eshanu na miliyoni 853.

Umuyobozi ushinzwe ubuzima bwa Simba SC [CEO], Barbara Gonzalez, yavuze ko gukorana na M-Bet ntako bisa kuko ari ikompanyi isanzwe ikomeye mu bucuruzi.

Ati “Ku izina rinini rya Simba, ni ngombwa gukorana n’ikompanyi iyoboye mu bucuruzi bakora. Nimureba M-Bet barayoboye muri Tanzania.”

Allen Mushi ushinzwe ubucuzi muri Simba SC, yahamije ko gukorana n’iyi kipe bizazamura izina rya M-Bet mu gihe imbere no hanze yacyo.

Ati “Twizeye ko nka M-Bet gukorana na Simba tizimenyekanisha imbere no hanze ya Tanzania.”

Mu minsi ishize, ikipe ya Yanga SC nayo yaherukaga gusinyana amasezerano y’ubufatanye na SportPesa afite agaciro ka miliyari 12 na miliyoni 335 z’amashilingi ya Tanzania.

CEO wa Simba SC, Barbara Gonzalez yahamije ko M-Bet yagombaga gukorana n’yi kipe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

Urukiko rwihariye rw’ibyaha bikomeye muri Gabon, rwahamije Sylvia Bongo Ondimba, umugore wa…

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yakiriwe na Perezida wa Angola,…

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

Ikipe ya Rayon Sports yashyizwe ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi muri…

Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yageze muri Guinea-…

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR 7 bari mu mashyamba ya RDC

Abarwanyi 7 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
Imikino

Hoteli ya FERWAFA yatangiye gukora nyuma y’imyaka irenga 10 yubakwa

1 Min Read
Imikino

El Ahli S.C Wad Madani yaritegerejwe mu Rwanda ntikije 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?