BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, May 23, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Se wabo wa Muhoozi yiyemeje ko agiye kumucyebura akamushyira ku murongo

Se wabo wa Muhoozi yiyemeje ko agiye kumucyebura akamushyira ku murongo

sam
Last updated: May 23, 2025 6:56 am
sam
Share
SHARE

Murumuna wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen (Rtd) Caleb Akandwanaho uzwi nka Salim Saleh, yizeje intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, mu nama iheruka kumuhuriza na zo i Gulu, ko agomba gushyira ku murongo Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba.

Ubwo bahuriraga i Gulu mu rugo rwe aba ba Ambasaderi beretse Saleh impungenge zikomeye cyane batewe n’umuhungu wa Perezida wa Uganda ari nawe mugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

Asobanurira aba b’Ambasaderi Gen (Rtd) Saleh yabasobanuriye ko Gen Muhoozi ari umusirikare utarabaye mu ngabo zabohoye Uganda mu 1986, kuko ari umwe mu binjiyemo mu 1995, ubwo igisirikare cy’iki gihugu cyavugururwaga, kikitwa UPDF, bityo ko imyitwarire ye itandukanye n’iy’abasaza.

Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Museveni, aherutse kwibasira aba badipolomate nyuma y’aho tariki ya 13 Gicurasi 2025 bakiriwe n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, aho baganiriye ku burenganzira bw’ikiremwamuntu.

Tariki ya 15 Gicurasi, Gen Muhoozi yatangarije ku rubuga nkoranyambaga rwa X ati “Iki ni ikizira! EU muri Uganda iri gukina n’umuriro. Sawa!”, arongera ati “Bose twabamenye cyane cyane uriya wakoze mu kiganza cya Kabobi.”

 

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Bishop Gafaranga afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Habiyambere Zacharie yategetswe gufungwa iminsi 30 y'agateganyo nyuma y'uko urukiko rw'ibanze rwa…

Uhagarariye u Rwanda muri Loni yatangiye imirimo ye

Ambasaderi Martin Ngoga yashyikirije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, impapuro zimwemerera…

Abanyamahanga batatu bakekwaho ubucuruzi bw’amafara butemewe  batawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu b’abanyamahanga…

Se wabo wa Muhoozi yiyemeje ko agiye kumucyebura akamushyira ku murongo

Murumuna wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen (Rtd) Caleb Akandwanaho…

DRC: Sena  yatoye kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila

Sena ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze kwaka ubudahangarwa Uwahoze ari…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani yeguye nyuma yo kuvuga ko atunzwe n’umuceri w’ubuntu

2 Min Read
Mu mahanga

Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’intebe wa DRC yakatiwe imirimo y’agahato kubera ruswa

2 Min Read
Mu mahanga

Igisirikare cya Sudani kivuga ko cyirukanye burundu umutwe wa RSF muri leta ya Khartoum

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Lt.Gen.Gervais Ndirakobuca

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?