BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Samuel wari wahamagawe mu Amavubi, yahamagawe mu Burundi

Samuel wari wahamagawe mu Amavubi, yahamagawe mu Burundi

admin
Last updated: November 5, 2022 12:01 pm
admin
Share
SHARE

Myugariro wo hagati w’ikipe ya Rayon Sports, Ndizeye Samuel usanzwe ari kapiteni wungirije, yamaze guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu y’u Burundi (Intamba ku Rugamba).

Ndizeye Samuel yahamagawe bwa Mbere mu ikipe y’Igihugu y’u Burundi

Ni nyuma yo guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu y’u Rwanda (Amavubi), ariko akagorwa no kubona ibyangombwa bimwerera kuyikinira kuko yakiniye Ingimbi z’u Burundi.

Ndizeye Samuel asanzwe ari myugariro ukina imyanya itandukanye mu bwugarizi, yavukiye mu gihugu cy’u Burundi ku babyeyi b’Abanyarwanda ari naho yakuriye. Yaje mu ikipe ya Rayon Sports avuye muri Vital’o FC mu mwaka wa 2019.

Ku rutonde rw’abakinnyi 22 Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi ryasohoye, Samuel yisanzeho. Ni mu urutonde rw’ikipe y’igihugu y’u Burundi [Intamba mu Rugamba] ruzifashishwa mu mukino wa gicuti bazahuramo na Côte d’Ivoire.

Abakinnyi bahamagawe.

Abanyezamu:

Nahimana Jonathan
Mutombo Fabien

Ba myugariro:

Nsabiyumva Frederic
Ndizeye Samuel
Ndayishimiye Youssuf
Nihorimbere Aimé
Mukombozi Derick
Ramazani Diamant
Nduwarugira Christophe

Abo hagati:

Bigirimana Gaël
Nshimirimana Jospin
Irutingabo Mossi
Mussa Omar
Nshimirimana Ismail
Saidi Ntibazonkiza

Abasatira izamu:

Saido Berahino
Kanakimana Bienvenue
Sufi Abdallah
Amissi Cédric
Irakoze Donasiyano
Kanianga Patrick
Mohammed Amissi

Biteganyijwe ko uyu mukino wa gicuti uzahuza u Burundi na Côte d’Ivoire, uzakinwa tariki 16 Ugushyingo 2022 ukazabera muri Maroc.

Abakinnyi 22 bahamagariwe kuzakina umukino wa gicuti na Côte d’Ivoire

Rukimirana Trésor/UMUSEKE i Huye

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?