BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Rwanda rwongeye kwakira Abanyarwanda bigobotoye ingoyi ya FDLR

Rwanda rwongeye kwakira Abanyarwanda bigobotoye ingoyi ya FDLR

admin
Last updated: October 22, 2025 8:43 am
admin
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda rwakiriye izindi mpunzi z’Abanyarwanda zirenga 270 zitahutse ziva mu mashyamba y’uburasirazuba bwa Repibulika iharanira demokarasi ya Congo zari zimazemo imyaka irenga 30.

Ni abaturage biganjemo abana n’abagore ndetse n’urubyiruko, banyuze ku mupaka uhuza u Rwanda n’iki gihugu izwi nka la Corniche.

Bamwe muri bo bavuga ko batunguwe no kubona u Rwanda bagendeye ku makuru y’ibihuha bahambwa n’abagize umutwe wa FDLR barimo abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda 1994.

Ubu bobozi bw’Akarere ka Rubavu bivuga ko bwiteguye guha ubufasha bwose aba baturage bazakenera nyuma yo kugezwa mu nkambi y’agateganyo ya Kijote iherereye mu karere ka Nyabihu.

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Mulindwa prosper yatangaje ko hari ibyo bemererwa na leta bizabafasha kubatunga no kubasubiza mu buzima busanzwe mu gihe bazamara muri iyi nkambi.

Meya avuga ko bahabwa amafaranga y’ibanze yo kubafasha gutangira ubuzima, aho urengeje imyaka 18 ahabwa 188$, uri munsi yayo agahabwa 113$ ndetse buri wese agenerwa n’ibyo kurya by’ibanze bifite agaciro k’ibihumbi 45 Frw.

Iki gikorwa cyo kwakira izi mpunzi z’Abanyarwanda kije gikurikira myanzuro yafatiwe mu nama ihuriweho n’u Rwanda, RDC n’Ishami ry’Umuryango w’Abibutse ryita ku mpunzi (UNHCR) yo ku wa 24 Nyakanga 2025 i Addis Abeba muri Ethiopie.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique asuye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mocímboa da Praia

2 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda rwakiriye abandi banyarwanda baturutse muri DRC barenga 300

1 Min Read
Mu Rwanda

Mu Rwanda hagiye kujya hapimwa ADN z’ibimera n’inyamaswa

3 Min Read
Mu Rwanda

Umurambo w’umusore w’i Rusizi wari waraheze mu Burundi wagejejwe mu Rwanda

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?